skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

Imyaka ibiri yari ishize tuyigerageza byaranze- Shaffy ku ndirimbo bakoreye muri ‘studio’ ya Kivumbi

Nyuma y’imyaka ibiri bagerageza guhura ariko bagahura n’imbogamizi z’igihe, abahanzi Shaffy na Kivumbi King basohoye indirimbo nshya bise “Ihame”, umushinga bavuga ko bateguye mu buryo budasanzwe...
14 August 2025 Yasuwe: 274 0

FEASSA 2025: Delegasiyo y’u Rwanda yageze muri Kenya nyuma y’urugendo rw’amasaha 37

Itsinda ry’u Rwanda ryitabiriye Imikino ihuza Ibigo by’Amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba (FEASSA), ryageze mu Mujyi wa Kakamega muri Kenya ku mugoroba wo ku wa Gatatu nyuma yo gukora...
14 August 2025 Yasuwe: 488 0

U Burundi bwatwishe mu 2004 bukomeje no kutwicira iwacu - Abanyamulenge bongeye gutabaza

Mu gikorwa cyo kwibuka Abanyamulenge 166 biciwe mu gitero cyagabwe ku Nkambi ya Gatumba mu Burundi, bagenzi babo baba mu Rwanda bagaragaje ko u Burundi bwabishe mu 2004 ari na bwo uyu munsi...
14 August 2025 Yasuwe: 600 0

Ubushyushye buziharira igice cya kabiri cya Kanama mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko igice cya kabiri cya Kanama kizarangwa n’ubushyuhe busanzweho mu bihe by’impeshyi, bitandukanye n’igice cya mbere cyaranzwe...
14 August 2025 Yasuwe: 419 0

Abahanzi batanu basabye gukorana na 1:55 AM binyuze mu masezerano mashya

Sosiyete y’imiziki ya 1:55 AM yatangaje ko imaze kwakira ubusabe bw’abahanzi batanu bashaka gukorana nayo binyuze mu bwoko bushya bw’amasezerano buzwi nka “Standard Recording Deal.”
13 August 2025 Yasuwe: 357 0

Ikipe ya Manzi Thierry na Bizimana Djihad yegukanye igikombe cya shampiyona ya Libya

Al Ahli Tripoli ikinamo Manzi Thierry na Bizimana Djihad yegukanye igikombe cya 14 cya shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Libya.
13 August 2025 Yasuwe: 469 0

Umudogiteri yabaye Miss Universe muri Jamaica

Dr Gabrielle Henry yegukanye ikamba rya Miss Universe Jamaica 2025 ku mugoroba wo ku wa Gatandatu mu birori byari byuzuye byabereye muri AC Hotel i St. Andrew. Ikamba yambitswe na nyampinga wari...
13 August 2025 Yasuwe: 291 0

Real Madrid yitambitse ubusabe bwa FC Barcelone bwo gukinira muri Amerika

Real Madrid yandikiye Ishyirahamwe rya Ruhago i Burayi (UEFA) n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), isaba ko byahagarika ubusabe bwa FC Barcelone yifuzaga kuzakirira umukino wayo na Villarreal...
13 August 2025 Yasuwe: 328 0

MC Tino yavuze ku irengero ry’amafaranga yahawe na Ayra Starr yamwitiranyije na The Ben

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Kasirye Martin wamamaye nka MC Tino, yatangaje ko hari amafaranga y’amadorali yahawe n’umunya-Nigeria Ayra Starr ubwo yamusangaga muri ’Back Stage’ avuye gufasha The...
12 August 2025 Yasuwe: 890 0

Perezida wa Kenya ku ikipe y’igihugu muri CHAN bikomeje gutumbagira

Perezida wa Kenya,William Ruto akomeje gutumbagiza ibihembo ku bakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Kenya mu mikino y’Igikombe cya Afurika cy’Abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024).
12 August 2025 Yasuwe: 684 0