Nel Ngabo ni umuhanzi umaze imyaka itandatu mu muziki, gusa ntabwo arakora igitaramo cye ku giti cye. Uyu muhanzi yasobanuye ko yifuza gutegura igitaramo cye ariko kikazaba kiri ku rwego rwiza...
Jules Karangwa uheruka kugirwa Umuyobozi Mukuru w’Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, Rwanda Premier League, yatangaje ko kunoza imitegurira ya Shampiyona biri mu byo azakemura mu...
Umuraperi w’Umunyamerika Kendrick Lamar yongeye kwandika amateka mu muziki wa hip-hop nyuma yo kurenza miliyari 50 z’abumvise indirimbo ze kuri Spotify (harimo n’izindi yagizemo uruhare mu kwandika...
Ibibazo biri hagati Alexander Isak na Newcastle United nyuma y’uko umukinnyi avuze ko umubano we nayo utakomeza, naho ikipe ye ikagaragaza ko ititeguye kumugurisha kandi ko ahawe ikaze mu gihe...
Ikigo cya Billboard cyashyize hanze urutonde rw’indirimbo 50 zafashije cyane mu kubaka no guteza imbere injyana ya Afrobeats, hashingiwe ku kuba ari indirimbo z’ingenzi, zafashije guteza imbere iyi...
Ikipe y’Ishuri rya ADEGI ry’i Gatsibo muri Handball n’iya ITS Kigali muri Basketball, zombi zageze muri ½ cy’Imikino ya FEASSSA 2025 iri kubera muri Kenya mu gihe Abanyarwanda bane ari bo...
Rutahizamu wa Liverpool, Mohamed Salah, yegukanye igihembo cy’Umukinnyi Mwiza muri Shampiyona y’u Bwongereza mu batowe n’abakinnyi “PFA Player of the Year”, aba uwa mbere ugihawe inshuro eshatu.