Icyamamare mu mukino wa Basketball, Kevin Durant, yavuye muri Phoenix Suns yerekeza muri Houston Rockets, ku masezerano yaciye agahigo mu mateka ya NBA yahuje amakipe arindwi atandukanye, nk’uko...
Hashize igihe ikipe ya Arsenal FC yifuza cyane rutahizamu w’umunya-Brazil, Rodrygo Goes. Ibi byongeye kuzamuka cyane nyuma yaho iyi kipe imaze gusinyisha umukinnyi wo hagati witwa Martin Zubimendi.
Ubuyobozi bwa AS Kigali bwatabaje ubw’Umujyi wa Kigali, busaba ko habaho inama bitarenze tariki ya 10 Nyakanga 2025 kugira ngo bige ku bibazo byugarije iyi kipe.
Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Uganda (FUFA) ko umukinnyi Ronald Ssekiganda atazifashishwa mu irushanwa rya CHAN 2024 kubera ko Shampiyona y’u Rwanda...
Umunya-Nigeria, Jay-Jay Okocha n’Umufaransa Didier Domi, bombi bakiniye Ikipe ya Paris Saint-Germain, bageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 6 Nyakanga 2025, binyuze mu...
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Peter Okoye, uzwi cyane nka Mr P, umwe mu bari bagize itsinda ry’icyamamare P-Square, yatangaje ko ari we muntu wenyine mu muryango wa Okoye wize umuziki mu buryo bwemewe,...