Nsengiyumva Bernard umwe mu bakinnyi b’igare bakoze amateka mu Rwanda yitabye Imana ku myaka 73 azize uburwayi. Iyi nkuru y’akababaro yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere.
Umubyeyi Igihozo Gabriella yatsindiye guhatana mu irushanwa rya Miss Rise and Shine World [RSW] International 2026 ribera muri Australie, ahigitse abandi bakobwa bo mu Rwanda bari bahanganye nawe.
Umuhanzikazi Mariya Yohana umaze igihe kinini ari umwe mu bafite izina rikomeye mu Rwanda, yamuritse album ye ya kabiri yise “Inkera y’Abahizi Komeza Ibirindiro” yahimbiye Perezida Kagame ndetse na...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga yasobanuye uko ikipe ya APR FC yashinzwe ku gitekerezo cya Perezida wa Repubilika y’u Rwanda, Paul Kagame ndetse ko itashinzwe kugira ngo...
Masai Ujiri wari Perezida na Chairman wa Toronto Raptors, yatangaje ko atazibagirwa ibihe byiza yagiriye muri iyi kipe ya Basketball, baherutse gutandukana.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanyomoje ibimaze iminsi bivugwa mu itangazamakuru ko bahagaritse kohereza intwaro ndetse n’ibikoresho bya gisirikare muri Ukraine.