Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United Kakooza Nkuliza Charles (KNC), yandikiwe ibaruwa n’uwahoze ari umukozi we Kabanda Serge amusaba kubaha amasezerano ndetse ahita amenyesha na FERWAFA.
Umuhanzi mu njyana gakondo, Lionel Sentore yemeje ko agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo azamurikiramo Album ye yise "Uwangabiye” kizaba ku wa 27 Nyakanga 2025, guhera saa moya z’umugoroba....
Kugeza ubu ushobora kuba utarumva ukuntu Nico Williams wari wamaze kumvikana na Barcelona 99.9% yasinye amasezerano mashya muri Athletic Bilbao, akayasinya nta muntu n’u we w’i Barcelona ubizi,...
Abasifuzi b’Ababanyarwandakazi, Umutoni Aline, Umutesi Alice na Salma Rhadia Mukansanga bahawe gusifura umukino wa Botswana na Nigeria mu gikombe cy’Afurika cy’Abagore.
Frank Cascio, umwe mu bantu bari hafi ya Michael Jackson ndetse wamurengeraga mu gitabo yasohoye mu 2011, ari mu mazi abira nyuma yo gushinjwa n’imiryango ishinzwe kurengera umutungo n’izina by’uyu...