skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

Ernesto Ugeziwe yagizwe umunyamuryango wa Recording Academy itegura Grammy Awards

Ugeziwe Ernesto wakoreye Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru [RBA] nk’umunyamakuru muri iki gihe akaba abarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagizwe umwe mu banyamuryango bashya ba Recording...
11 July 2025 Yasuwe: 339 0

KNC yarezwe muri FERWAFA

Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United Kakooza Nkuliza Charles (KNC), yandikiwe ibaruwa n’uwahoze ari umukozi we Kabanda Serge amusaba kubaha amasezerano ndetse ahita amenyesha na FERWAFA.
10 July 2025 Yasuwe: 3070 0

Ishimwe Saleh agiye gukina muri Sudan y’Epfo

Umukinnyi wo hagati, Ishimwe Saleh wasoje amasezerano muri AS Kigali, yafashe indege imwerekeza muri Sudan y’Epfo aho byitezwe ko agiye gusinyira amasezerano El-Merreikh Bentiu ikina shampiyona...
10 July 2025 Yasuwe: 309 0

Rayon Sports y’Abagore yongereye amasezerano abakinnyi batanu

Mbere yo gutangira umwaka w’imikino 2025/2026, ubuyobozi bwa Rayon Sports WFC, bwongereye amasezerano abakinnyi batanu.
10 July 2025 Yasuwe: 290 0

Lionel Sentore yahuje abahanzi bane bakomeye mu gitaramo azamurikiramo Album ‘Uwangabiye’

Umuhanzi mu njyana gakondo, Lionel Sentore yemeje ko agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo azamurikiramo Album ye yise "Uwangabiye” kizaba ku wa 27 Nyakanga 2025, guhera saa moya z’umugoroba....
10 July 2025 Yasuwe: 229 0

Perezida wa La liga arashinjwa kugambanira FC Barcelona

Kugeza ubu ushobora kuba utarumva ukuntu Nico Williams wari wamaze kumvikana na Barcelona 99.9% yasinye amasezerano mashya muri Athletic Bilbao, akayasinya nta muntu n’u we w’i Barcelona ubizi,...
10 July 2025 Yasuwe: 613 0

Igikombe cy’Afurika cy’Abagore: Abanyarwandakazi bahawe gusifura umukino wa Botswana na Nigeria

Abasifuzi b’Ababanyarwandakazi, Umutoni Aline, Umutesi Alice na Salma Rhadia Mukansanga bahawe gusifura umukino wa Botswana na Nigeria mu gikombe cy’Afurika cy’Abagore.
10 July 2025 Yasuwe: 416 0

Carlo Ancelotti yakatiwe gufungwa umwaka umwe

Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Brazil, Carlo Ancelotti, yakatiwe igifungo cy’umwaka umwe n’urukiko rwa Espagne nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kunyereza imisoro, ariko ntazajyanwa muri gereza.
10 July 2025 Yasuwe: 562 0

Uwahoze ari umujyanama wa Michael Jackson arashinjwa uburiganya

Frank Cascio, umwe mu bantu bari hafi ya Michael Jackson ndetse wamurengeraga mu gitabo yasohoye mu 2011, ari mu mazi abira nyuma yo gushinjwa n’imiryango ishinzwe kurengera umutungo n’izina by’uyu...
10 July 2025 Yasuwe: 378 0

Brad Pitt yongeye gukozanyaho na Angelina Jolie nyuma y’igihe batandukanye

Umukinnyi w’icyamamare muri sinema, Brad Pitt, yongeye kurega uwahoze ari umugore we Angelina Jolie, asaba ko hatangwa ubutumwa bw’ibanga burebana n’igurishwa rya Château Miraval, uruganda...
10 July 2025 Yasuwe: 290 0