Element uhuza gutunganya imiziki no kuririmba yasobanuye ko agorwa no guhuza imirimo ibiri, avuga kuri album ya mbere ari gutegura anitsa cyane ku mpinduka agiye gushyira ku buryo agaragara ku...
AS Muhanga iherutse kongera kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere cya Shampiyona y’u Rwanda, yatangaje ko Gatera Mussa ari we uzayitoza mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26.
Nubwo Luka Modric yasoreje urugendo rwe muri Real Madrid mu buryo bubabaje ubwo batsindwaga 4-0 na Paris Saint-Germain muri ½ cya Club World Cup, umutoza Xabi Alonso yavuze ko ibyo bitazigera...
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,Lionel Messi akomeje gusaza nk’umuvinyo aho arimo arandika amateka mashya mu mupira w’amaguru.
Paris Saint-Germain yanyagiye Real Madrid ibitego 4-0, isanga Chelsea ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe uzakinwa ku Cyumweru.
Uyu mukino wa 1/2 wabereye kuri MetLife Stadium muri...
Calvin Mbanda umaze imyaka itatu agerageza kwirwanaho mu muziki nyuma yo gutandukana n’inzu ifasha abanzi ya ‘The Mane Music’, yakomoje ku buryo byabanje kumugora, ariko ahamya ko ari urugamba yari...
Rukundo Abdul Rahman uzwi nka ‘Paplay’ ukinira Rayon Sports, yagaragaje ko abakobwa n’inzoga biri mu bituma urwego rw’abakinnyi b’abanyamahanga bakina mu Rwanda rugabanuka cyane.
APR BBC yatsinze REG BBC amanota 81-77, ibona intsinzi ya gatatu mu mikino ya nyuma ya kamarampaka, ikoza imitwe y’intoki ku gikombe cya Shampiyona.
Uyu mukino wabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu...
Umunyamakuru wa Siporo w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), Ndayishimiye Rugaju Reagan, agiye kwimenyereza umwuga w’ubutoza mu Ikipe ya Gorilla FC yo mu Cyiciro cya Mbere.
Umukinnyi wa Basketball ukomoka mu Burusiya, Daniil Kasatkin, yafungiwe mu Bufaransa bubisabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zimukekaho kuba mu itsinda ry’abajura mu by’ikoranabuhanga (hackers).