Urukiko rwo mu Mujyi wa Los Angeles rwagize umwere umuhanzi Cardi B, ku cyaha cyo gushinga inzara umusekirite, mu kirego yasabwagamo miliyoni 24$ [arenga miliyari 34 Rwf].
Muganza Samantha wigaga muri Muhabura Integrated Polytechnic College i Musanze, akaba yarabaye uwa Mbere mu bukerarugendo mu gihugu mu bizamini bisoza amashuri yisumbuye muri 2024/2025, yatangaje...
Intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’ihuriro AFC/M23 riburwanya ziracyari i Doha muri Qatar, mu biganiro ku iyubahirizwa ry’amahame aganisha ku masezerano y’amahoro.
Abakinnyi bazahagararira u Rwanda muri Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera i Kigali tariki 21-28 Nzeri 2025, bagiye gukomereza umwiherero mu Bugesera nyuma y’iminsi baba i Musanze.
Yeoh Choo Kheng wamamaye nka Michelle Yeoh umunya-Malaysia wamamaye muri sinema y’Isi ari mu Rwanda nkuko yabigaragaje mu mashusho yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga.
Ikipe y’igihugu ya Portugal yahaye icyubahiro uwari umukinnyi wayo, Diogo Jota n’umuvandimwe we bitabye Imana bazize impanuka y’imodoka aho hari n’uwashyizeho ‘Tattoo’ ye.