skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

Umwuzukuru wa Mandela ashaka kujya muri Gaza kwigaragambya

Umwuzukuru wa Nelson Mandela, Mandla Mandela, yatangaje ko agiye kwiyunga ku mpirimbanyi z’uburenganzira bw’ikiremwamuntu zigaragambya ku ngabo za Israel mu gihe zikomeje kugaba ibitero mu ntara ya...
5 September 2025 Yasuwe: 488 0

APR FC yagurishe Richmond Lamptey muri Libya

Umunya-Ghana, Richmond Lamptey wakiniraga APR FC, yerekeje muri Al Ittihad Misurata SC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Libya yamuguze ibihumbi 50$ (arenga miliyoni 70 Frw).
5 September 2025 Yasuwe: 759 0

Navukiye i Burundi ariko natoranyije u Rwanda nko mu rugo h’iteka ryose- Khadja Nini

Umuhanzi Khadja Nin ukomoka mu Burundi yahishuye yahisemo u Rwanda nko mu rugo h’iteka ryose kuri we.
5 September 2025 Yasuwe: 747 0

Swizz Beatz yahakanye ibyo gutandukana na Alicia Keys

Swizz Beatz yahakanye inkuru zari zimaze iminsi zicicikana zivuga ko yatandukanye n’umugore we, Alicia Keys, bamaze igihe kinini bashakanye banafitanye abana babiri.
5 September 2025 Yasuwe: 529 0

Zambia: Malanji wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yakatiwe gufungwa imyaka ine

Uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri Zambia, Joseph Malanji, yakatiwe igifungo cy’imyaka ine, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa.
5 September 2025 Yasuwe: 181 0

U Burusiya bugiye gukuriraho visa Abashinwa

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatangaje ko u Burusiya bugiye gukuraho ingingo yo kwaka visa abaturage b’u Bushinwa basura igihugu cye kuko n’u Bushinwa budasaba visa Abarusiya babusura.
5 September 2025 Yasuwe: 157 0

Shema Fabrice yemereye abakinnyi b’Amavubi kubishyura miliyoni 75 Frw z’ibirarane

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yemereye abakinnyi n’abatoza b’Amavubi ko bagiye kwishyurwa ibirarane baberewemo by’angana na miliyoni 75 frw.
5 September 2025 Yasuwe: 258 0

Israel yanze uruzinduko rwa Perezida Macron

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel yakuriye inzira ku murima Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron wifuzaga gusura iki gihugu, nyuma yo kuvuga ko u Bufaransa buzemera ubwigenge bwa...
5 September 2025 Yasuwe: 367 0

Ubukerarugendo bukomoka ku ngendo z’indege bwinjirije u Rwanda miliyari 180 Frw

Ubwikorezi bwo mu kirere bwafashije ubukerarugendo bw’u Rwanda kwinjiza miliyoni 124,9$ (arenga miliyari 180 Frw) mu mwaka wa 2023/2024.
5 September 2025 Yasuwe: 247 0

Amerika: Minisiteri y’Ingabo ishobora guhindurirwa izina ikitwa iy’Intambara

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu mushinga wo guhindura izina rya Minisiteri y’Ingabo muri icyo gihugu, rikava kuri "Department of Defense" rikaba "Department of War"...
5 September 2025 Yasuwe: 141 0