Umwuzukuru wa Nelson Mandela, Mandla Mandela, yatangaje ko agiye kwiyunga ku mpirimbanyi z’uburenganzira bw’ikiremwamuntu zigaragambya ku ngabo za Israel mu gihe zikomeje kugaba ibitero mu ntara ya...
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatangaje ko u Burusiya bugiye gukuraho ingingo yo kwaka visa abaturage b’u Bushinwa basura igihugu cye kuko n’u Bushinwa budasaba visa Abarusiya babusura.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel yakuriye inzira ku murima Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron wifuzaga gusura iki gihugu, nyuma yo kuvuga ko u Bufaransa buzemera ubwigenge bwa...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu mushinga wo guhindura izina rya Minisiteri y’Ingabo muri icyo gihugu, rikava kuri "Department of Defense" rikaba "Department of War"...