Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda yatangeje ko kuva u Rwanda rwakohereza ingabo i Darfur mu 2004, rumaze kohereza ingabo zirenga ibihumbi 80 mu butumwa bwa Loni bwo kugarura...
Sandra Teta uri mu bagore bategura ibirori bikomeye muri Uganda, yasubije abamunenga bavuga ko akomeje kwihambira kuri Weasel, mu gihe urugo rwabo rukunze kurangwamo amakimbirane.
Minisitiri w’Ubukungu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Daniel Mukolo Samba, yatangaje ko kuva mu Ugushyingo 2025, nta munyamahanga uzongera gukorera ubucuruzi buto muri iki gihugu.
Antoine Cardinal Kambanda yifurije isabukuru nziza umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV wujuje imyaka 70 y’amavuko, amusabira gukomeza kugira ubwenge n’imbaraga mu kuyobora Kiliziya...