skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

Ubukene buravuza ubuhuha i Kyiv

Nyuma y’imyaka itatu n’igice y’intambara muri Ukraine, ubukungu bw’icyo gihugu bukomeje kugana habi ndetse n’amafaranga yo gukoresha akomeje kuba iyanga, ahanini kuko igice kinini cy’ingengo...
26 September 2025 Yasuwe: 186 0

U Rwanda rwanyuzwe n’igiciro cy’umuti mushya urinda kwandura SIDA

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yagaragaje ko yanyuzwe n’igiciro cy’umuti wa Lenacapavir uherutse kwemezwa, nyuma yo kugaragaza ko ufite ubushobozi bwo kurinda abantu kwandura Virusi...
25 September 2025 Yasuwe: 975 0

Minisitiri Dr. Bizimana yeretse abakoze Jenoside inyungu ziri mu kubwiza abana babo ukuri

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène yasabye abagororwa bahamwe n’icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi barangije ibihano, kugenda bakabwiza...
25 September 2025 Yasuwe: 312 0

78% by’Abagore bakina ruhago bakorerwa ihohoterwa

Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango w’Abagore bakina umupira w’amaguru (WIF) bwerekana ko 78 ku ijana by’abagore bakina ruhago bakorerwa ihohoterwa ririmo irishingiye ku gitsina.
25 September 2025 Yasuwe: 336 0

Perezida wa Brésil yasabye Trump kwitwara nk’umuntu ufite inshingano

Perezida wa Brésil, Luiz Inacio Lula da Silva, yavuze ko Perezida wa Leta Zunze za Amerika, Donald Trump, akwiye kwitwara nk’umuntu ufite inshingano zo kuyobora igihugu gikomeye, akareka kujya...
25 September 2025 Yasuwe: 158 0

Nyuma y’imyaka 13 ryubakwa, Isoko rya Gisenyi ryatangiye gutangwamo ibibanza

Nyuma y’imyaka irenga 13 isoko rishya rya Gisenyi ryubakwa, ryafunguye imiryango yaryo ku bacuruzi bifuza kurikoreramo, kuko hasigaye imirimo mike ya nyuma yo gukora amasuku.
25 September 2025 Yasuwe: 332 0

Guverineri Rubingisa ahangayikishijwe n’abana bata ishuri n’inda ziterwa abangavu

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa yagaragaje ko mu bibazo bihari bihangayikishije ibyinshi ari ibishingiye ku muryango cyane cyane umubare munini w’abana bata ishuri n’inda...
25 September 2025 Yasuwe: 238 0

Minisitiri Nduhungirehe yatamaje Tshisekedi wasabye Loni kwemeza ‘jenoside ikorerwa muri RDC’

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yatangaje ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, atakabaye atinyuka...
25 September 2025 Yasuwe: 438 0

Perezida Kagame yaganiriye n’Umushoramari Ahmed El Sewedy uyobora Elsewedy Electric

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yahuye na Perezida akaba n’Umuyobozi Mukuru wa Elsewedy Electric, ikigo gikomeye cyo mu Misiri gikora mu nzego zitandukanye zirimo ingufu, ibikorwa remezo...
24 September 2025 Yasuwe: 511 0

Uganda: Alien Skin uri mu bagezweho akurikiranyweho urupfu rw’umubyinnyi

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Patrick Mulwana uzwi nka Alien Skin uri mu bagezweho muri iki gihe, ari gushakishwa na Polisi ya Uganda akekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umubyinnyi, Wilfred Namuwaya...
24 September 2025 Yasuwe: 278 0