Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yagaragaje ko yanyuzwe n’igiciro cy’umuti wa Lenacapavir uherutse kwemezwa, nyuma yo kugaragaza ko ufite ubushobozi bwo kurinda abantu kwandura Virusi...
Perezida wa Brésil, Luiz Inacio Lula da Silva, yavuze ko Perezida wa Leta Zunze za Amerika, Donald Trump, akwiye kwitwara nk’umuntu ufite inshingano zo kuyobora igihugu gikomeye, akareka kujya...
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa yagaragaje ko mu bibazo bihari bihangayikishije ibyinshi ari ibishingiye ku muryango cyane cyane umubare munini w’abana bata ishuri n’inda...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yatangaje ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, atakabaye atinyuka...
Umuhanzi w’Umunya-Uganda Patrick Mulwana uzwi nka Alien Skin uri mu bagezweho muri iki gihe, ari gushakishwa na Polisi ya Uganda akekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umubyinnyi, Wilfred Namuwaya...