Umuririmbyi akaba n’umukinnyi wa filime, Jennifer Lopez, yavuze ko gutandukana na Ben Affleck wahoze ari umugabo we, byamugiriye akamaro gakomeye mu buzima bwe.
Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryasenye ikiraro cya Mpeti cyari ingenzi ku baturage bo muri teritwari ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Perezida w’u Burusiya, Vladmir Putin, azongera guhura na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, hagamijwe kuganira ku kibazo cya Ukraine ari uko uyu muyobozi wa Amerika yemeye...
Uzabakiriho Gervais, w’imyaka 52, utuye mu Murenge wa Shangasha, Akagari ka Shangasha mu Karere ka Gicumbi, ni urugero rwiza rw’uko gahunda ya Girinka yahinduye ubuzima bw’abaturage.