skol
Kigali

Author

JABO Blaise Patience

Umuzamu yapfiriye mu kibuga nyuma yo gukomereka ku mutwe

Umuzamu w’umukino w’amaguru ukiri muto, Raul Ramírez Osorio, yitabye Imana afite imyaka 19 nyuma yo gukomereka ku mutwe mu mukino wo mu cyiciro cya gatanu muri Espagne (Tercera Federación), ubwo...
30 September 2025 Yasuwe: 517 0

Jennifer Lopez yahishuye ko yungukiye mu gutandukana na Ben Affleck

Umuririmbyi akaba n’umukinnyi wa filime, Jennifer Lopez, yavuze ko gutandukana na Ben Affleck wahoze ari umugabo we, byamugiriye akamaro gakomeye mu buzima bwe.
30 September 2025 Yasuwe: 158 0

Ukraine yashinjwe kubura ubushake bwo kurangiza intambara n’u Burusiya

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yavuze ko Ukraine iri kugenda biguru ntege mu kurangiza intambara iri guhuza ibyo bihugu byombi, ndetse ko icyo gihugu kidafite ubushake...
30 September 2025 Yasuwe: 158 0

Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze ku gaciro k’asaga miliyari 5.7 Frw

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko agaciro k’umusaruro mbumbe w’u Rwanda mu gihembwe cya 2 cya 2025 wari miliyari 5 798 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba yariyongereye...
29 September 2025 Yasuwe: 328 0

Urukiko rwategetse ko Kalisa Adolphe afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Kalisa Adolphe (Camarade) wari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) afungwa iminsi 30 y’agateganyo kuko hari...
29 September 2025 Yasuwe: 495 0

Manzi Davis ushinjwa uburiganya bwa miliyoni 10$ yavuze ko nta ndishyi akwiye kwishyura

Manzi Sezisoni Davis ukurikiranyweho ibyaha birimo iyezandonke, kuvunja amafaranga no kuyacuruza mu buryo butemewe n’amategeko no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, yavuze ko...
29 September 2025 Yasuwe: 716 0

Ingabo za RDC zasenye ikiraro cy’ingenzi muri Walikale

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryasenye ikiraro cya Mpeti cyari ingenzi ku baturage bo muri teritwari ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
29 September 2025 Yasuwe: 1097 0

Putin azongera kuganira ku guhagarika intambara ya Ukraine ari uko Trump asuye u Burusiya

Perezida w’u Burusiya, Vladmir Putin, azongera guhura na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, hagamijwe kuganira ku kibazo cya Ukraine ari uko uyu muyobozi wa Amerika yemeye...
29 September 2025 Yasuwe: 248 0

Gicumbi: Uwari umuyede yabaye umworozi w’umwuga abikesha gahunda ya Girinka

Uzabakiriho Gervais, w’imyaka 52, utuye mu Murenge wa Shangasha, Akagari ka Shangasha mu Karere ka Gicumbi, ni urugero rwiza rw’uko gahunda ya Girinka yahinduye ubuzima bw’abaturage.
29 September 2025 Yasuwe: 402 0

Pyramids FC yiteguwe na APR FC yageze i Kigali

Ikipe ya Pyramids FC yo mu Misiri izacakirana na APR FC mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League ya 2025 yageze i Kigali.
29 September 2025 Yasuwe: 385 0