Indege nshya iri muri ebyiri Repubulika ya Demokarasi ya Congo iheruka gutira mu rwego rwo kuzahura sosiyete yayo ya Congo Airways ikora ubwikorezi bwo mu kirere, yagonze.
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Basketball yatsinzwe n’iya Morocco amanota 54-52 mu mukino wa nyuma wa gishuti, mu myiteguro y’imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika.
Abayobozi bashinzwe ubuzima mu ntara ya Gaza, kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 20 Ugushyingo 2024, bavuze ko ibitero bya Isiraheli byahitanye abanyapalestina 17 .
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’, Frank Torsten Spittler yagaragaje ko atanejejwe n’uko yegerewe n’abakoresha be mu kugirana ibiganiro byo kongera amasezerano.
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ugushyingo 2024, Ambasade ya Amerika i Kyiv yafunze imiryango nyuma yo kwikanga igitero cyo mu kirere cy’u Burusiya nk’uko itangazo ryashyizwe ku rubuga rwayo rivuga.
Umunyarwenya, umukinnyi wa filime akaba n’umuyobozi w’ibiganiro bikomeye kuri Televiziyo zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Steve Harvey, umaze iminsi mu Rwanda, yahuye na Perezida Kagame.
Ibiro by’Umushinjacyaha Mukuru wa Mozambique byatangaje kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 18 Ugushyingo, ko byatanze ikirego cy’imbonezamubano kuri Venancio Mondlane, umukandida watsinzwe...