skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Israel igiye kujurira ku nyandiko za ICC zo guta muri yombi Netanyahu na Gallant

Israel yavuze ko izajurira ku nyandiko zo guta muri yombi Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu n’uwahoze ari Minisitiri w’ingabo Yoav Gallant zasohowe n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC)...
28 November 2024 Yasuwe: 314 0

Papa agiye kugira umuhire Floribert Bwana Chui uvuka i Goma

Papa Francis yatanze uruhushya ko Floribert Bwana Chui Bin Kositi ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo agirwa umuhire, intambwe ya mbere muri Kiliziya Gatolika yerekeza ku kugirwa...
27 November 2024 Yasuwe: 1899 0

Malipango watakiraga Gasogi United ari mu muryango winjira muri Rayon Sports

Umukinnyi ukomoka muri Centrafrique, Théodore Yawanendji-Malipangou Christian, yamaze gusezera bagenzi be bakinanaga mu ikipe ya Gasogi United, aho bivugwa ko ageze kure ibiganiro n’ikipe ya Rayon...
27 November 2024 Yasuwe: 1199 0

Uruzinduko rwa Karidinali Ambongo mu Rwanda rwateje sakwe sakwe muri DR Congo

Uruzinduko rwa Karidinali Fridolin Ambongo, Arikepiskopi wa Kinshasa akaba n’umukuru w’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi muri Afurika na Madagasikari (SECAM) uri i Kigali mu Rwanda rwagarutsweho...
27 November 2024 Yasuwe: 2334 0

Ruhango: Umwana yakubiswe n’inkuba arapfa

Mahirwe Etienne w’imyaka 14 wo mu Kagali ka Rwoga, Umurenge wa Kabagali mu Karere ka Ruhango, mu masaha y’umugoroba wo ku wa Kabiri itariki ya 26 Ugushyingo 2024, yakubiswe n’inkuba yitaba Imana...
27 November 2024 Yasuwe: 794 0

Elon Musk yatutse by’agasuzuguro Angela Merkel wahoze ayobora u Budage

Elon Musk ufite urubuga rwa X yahoze ari Twitter, yatutse Angela Merkel wahoze ayobora u Budage, amwita ‘merkin’, izina ry’umwambaro wifashishwaga kera mu gukingira ubwambure bw’abagore.
27 November 2024 Yasuwe: 977 0

Minisante yahaye gasobo abakoresha ‘ambulances’ icyo zitagenewe ibateguza ibihano

Guverinoma y’u Rwanda yihanangirije abakora mu Nzego z’ubuzima bufashisha ingobyi z’abarwayi, zamenyekanye cyane nk’imbangukiragutabara (ambulances), mu bikorwa binyuranye n’icyo zitagenewe.
27 November 2024 Yasuwe: 378 0

U Rwanda rwahaye Buhinde uwo bukurikiranyeho kuba ikihebe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda rwoherereje Leta y’u Buhinde Salman Khan ukurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba watawe muri yombi nyuma y’ubusabe bwa Polisi Mpuzamahanga (Interpol).
27 November 2024 Yasuwe: 1202 0

Kuri Mars habonetse ikimenyetso cyatumye hakekwa ko higeze ubuzima

Abashakashatsi mu by’isanzure batunguwe cyane n’amakuru yagaragajwe n’icyogajuru cy’Abanyamerika cyiswe Perseverance, yerekana ahantu h’icyatsi ku bitare byo ku Mubumbe wa Mars.
27 November 2024 Yasuwe: 652 0

Umubikira Nyiraminani Bellancilla wapakije sima muri Ambulance yafunzwe

Mu ijoro ryo ku wa Mbere, tariki 25 Ugushyingo 2024, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho y’abantu bashyiraga imifuka ya sima mu Mbangukiragutabara.
26 November 2024 Yasuwe: 2482 0