skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Umubyeyi yabyutse agasanga umwana we yapfuye undi arembye

Mu karere ka Nyanza, aharavugwa urupfu rw’umwana rutunguranye ndetse n’indwara yatumye undi aremba byose bikomeje kubera umuryango wabo amayobere.
26 November 2024 Yasuwe: 922 0

Ba mukerarugendo 4 bapfiriye mu mpanuka y’Ubwato ku Nkombe ya Misiri

Abantu bane bitabye Imana bazize impanuka y’ubwato bwari butwaye ba mukerarugendo ku nkombe y’inyanja itukura ya Misiri.
26 November 2024 Yasuwe: 173 0

Burundi: Igisirikare cyahakanye ibyo kwicwamo n’inyeshyamba za RED-Tabara

Umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi yavuze ko itangazo ryo kuri uyu wa kabiri ry’umutwe wa RED-Tabara wigamba kwica abasirikare b’u Burundi “rigizwe n’ibinyoma gusa” kandi ko uwo mutwe uvuga ibyo...
26 November 2024 Yasuwe: 585 0

USA: Umushinjacyaha wari wareze Trump yasabye ko ibyaha yari akurikiranyweho biteshwa agaciro

Umushinjacyaha wihariye wari waratanze ibirego bishinja Donald Trump, yasabye urukiko gutesha agaciro ibyo yashinjwaga birimo no guteza akaduruvayo nyuma y’amatora yatsinzwemo mu 2020.
26 November 2024 Yasuwe: 228 0

U Rwanda na DR Congo:i Luanda ’bemeje inyandiko y’ingenzi’ mu kugana ku bwumvikane

Abakuriye ububanyi n’amahanga ku ruhande rwa RD Congo n’u Rwanda bemeje inyandiko y’ibyo inzobere zashyizweho zumvikanye ku bigomba gukorwa mu mugambi w’amahoro hagati ya DR Congo n’u Rwanda,...
26 November 2024 Yasuwe: 485 0

Nyamasheke: Abakozi 11 b’Akarere bamaze gusezera kazi nyuma yo kuganirizwa

Kugeza ubu amakuru ava mu Karere ka Nyamasheke ni uko Abakozi bagera kuri 11 basezeye akazi batakiri Abakozi b’Akarere!
26 November 2024 Yasuwe: 1631 0

Salah utishimiye no kuba Liverpool itaramwongerera amasezerano ashobora kuyisohokamo

Rutahizamu wa Liverpool Mohamed Salah avuga ko ababajwe no kuba iyo kipe itaramuha kontaro nshya – ndetse avuga ko bishoboka cyane ko yayivamo kurusha kuyigumamo.
25 November 2024 Yasuwe: 636 0

Umuhanzikazi Sheebah Karungi yibarutse imfura y’umuhungu

Ni inkuru yasakaye mu bitangazamakuru byo muri Uganda kuri uyu wa Mbere tariki 25 Ugushyingo 2024, bitangajwe ni inshuti ye ya hafi.
25 November 2024 Yasuwe: 862 0

Nicki Minaj yahishuye igikomeje kumukururira gukorana indirimbo na Davido

Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe za America, Nicki Minaj, yavuze ko gukorana indirimbo na Davido wo muri Nigeria bimunyura.
25 November 2024 Yasuwe: 640 0

Uburusiya bwafashe Umucanshuro w’Umwongereza urwanira ku ruhande rwa Ukraine

Muri videwo igaragara ku mbuga za internet rwa Telegram, umugabo wambaye imyenda ya gisirikare avuga ko yitwa James Scott Rhys Anderson, w’imyaka 22, akavuga ko yigeze kuba mu ngabo z’Ubwongereza.
25 November 2024 Yasuwe: 946 0