Imirwano yongeye kubura muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 3 Ukuboza 2024 mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’ingabo za leta zishyigikiwe na Wazalendo...
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yareze u Rwanda na Perezida Paul Kagame mu Rukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa muntu, ibashinja gukorera ibyaha ku butaka bwayo.
Nyuma y’amezi hafi ane ingabo za Ukraine zigabye igitero gitunguranye mu karere ka Kursk ko mu Burusiya, ubutumwa bwo kuri telefone bw’abasirikare barimo kurwanayo bugaragaza ishusho idatanga...
Iby’iyi nama izahuriramo ba perezida w’u Rwanda na DR Congo byatangajwe mbere gato y’uko Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agera muri Angola mu ruzinduko rw’amasaha 72 ahafite.
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa DR Congo bazahurira mu nama i Luanda ku kibazo cy’intambara mu burasirazuba bwa DR Congo tariki 15 z’uku kwezi kw’Ukuboza 2024, nk’uko bivugwa...
Mu kiganiro n’Abanyamakuru, Umuyobozi Mukuru wa RSSB, Minister Minecofin ndetse na Minister Mifotra bakomeje gusobanura ibijyanye no kuzamura imisanzu y’Ubwiteganyirize ikatwa ku mishahara...
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Ukuboza 2024, waramukiye mu mirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri Teritwari ya Lubero, mu ntara ya Kivu...
Ikipe y’Igihugu y’abagabo ya Basketball y’Abakina ari batatu yegukanye umudali wa Feza mu Mikino Nyafurika ya “FIBA 3X3 Africa Cup” yari imaze iminsi itatu ibera muri Madagascar.