skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Abagerageje kongera kwigaragambya barashwe barapfa muri Mozambique

Abanya-Mozambique 12 barashwe mu cyico abandi 34 bakometswa n’amasasu, mu myigaragambyo yabaye hagati yo ku wa Gatatu tariki ya 4 Ukuboza no kuri uyu wa Kane tariki ya 5.
5 December 2024 Yasuwe: 1230 0

Igisirikare cya Kongo na M23 bakomeje imirwano ikaze mu majyepfo ya Teritwari ya Lubero

Nyuma y’imirwano yiriwe umunsi wose kuwa Gatatu, muri iki gitondo cyo kuwa Kane, itariki 5 Ukuboza 2024, amakuru avuga ko imirwano yongeye gutangira guhera saa yine za mu gitondo, i Kaseghe na...
5 December 2024 Yasuwe: 958 0

U Rwanda rwiteguye gutega amatwi Trump wahize gushaka aho yerekeza abimukira bo muri Amerika

Leta y’u Rwanda yemeje ko yiteguye kuganira n’abarimo Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi kuri gahunda yo kuba rwakwakira abimukira.
5 December 2024 Yasuwe: 398 0

Espagne hadutse indwara yo kugira ubwoya bwinshi ku mubiri yibasiye impinja

Espagne ihanganye n’ikibazo gikomeye cy’abana bakomeje kuvukana ubwoya bwinshi ku mubiri, kubera ikoreshwa ry’umuti wa minoxidil urwanya uruhara.
5 December 2024 Yasuwe: 623 0

Koreya y’Epfo: Polisi iri kugenza Perezida uri gukekwaho kwigomeka ku butegetsi

Polisi ya Koreya y’Epfo yatangiye gukora iperereza kuri Perezida w’iki gihugu, Yoon Suk Yeol, ku cyaha cyo kwigomeka ku butegetsi.
5 December 2024 Yasuwe: 558 0

Bemba yiyunze ku baherutse kwifatira ku gahanga Karidinali Ambongo uherutse mu Rwanda

Minisitiri w’Intebe wungirije, akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi wa RD Congo, Jean-Pierre Bemba, ntiyariye iminwa mu kuburira abantu bose barwanya byimazeyo ivugurura ry’itegeko nshinga ryifuzwa...
5 December 2024 Yasuwe: 1541 0

U Rwanda rwabwiye RDC icyo yakora ngo rukureho ingamba z’ubwirinzi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda ruzakuraho ingamba z’ubwirinzi rwashyize ku mupaka mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR uzaba...
5 December 2024 Yasuwe: 969 0

Koreya y’Epfo:Umugore yahanganye n’umusirikare ashaka kumwambura imbunda

Ijoro ry’akaduruvayo ryo ku wa kabiri rishyira ku wa gatatu muri Koreya y’Epfo ryabayemo ibintu benshi batekerezaga ko ari bimwe bya kera habayeho.
5 December 2024 Yasuwe: 740 0

Perezida Kagame yijeje ubufatanye Dr. Netumbo watorewe kuyobora Namibia

Perezida Paul Kagame yashimye Dr. Netumbo Ndemupelila Nandi-Ndaitwah ku ntsinzi yegukanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Namibia, amwizeza ko u Rwanda rwiteguye gukomeza ubufatanye buri hagati...
4 December 2024 Yasuwe: 322 0

Koreya y’Epfo:A bakozi ba Hyundai biyemeje gufatanya n’imbaga iri kwigaragambya ngo yeguze Perezida

Ihuriro ry’abakozi b’uruganda rwo muri Koreya y’Epfo rukora imodoka, Hyundai Group ryatangaje ko abarigize bazahurira mu myigaragambyo igamije kweguza Perezida w’iki gihugu, Yoon Suk Yeol.
4 December 2024 Yasuwe: 501 0