Polisi y’Ubutaliyani yavuze ko umubikira ari umwe mu bantu 25 batawe muri yombi mu majyaruguru y’icyo gihugu, bijyanye n’iperereza ku bico by’abagizi ba nabi bazwi nk’aba ’mafia’.
Umugaba Mukuru w’Ingabo mu gihugu cya Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko nyuma y’umubyeyi we, Yoweri Kaguta Museveni, ari we uzahita amukorera mu ngata akazaba Perezida w’iki gihugu.
Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda Itahiwacu Bruce Melodie yateguye igitaramo kizasogongererwamo umuzingo we wa gatatu witwa Colorful Generation (Album).
Mu Karere ka Rulindo,umurenge wa Buyoga,akagari ka Gitumba mu mudugudu wa Gitaba haravugwa inkuru y’umugabo watemye umugore we,nawe agahita yiyahuza umuti witwa Rava.