Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yabwiye abagifite umugambi mubi wo gusubiza igihugu mu mateka ya Jenoside, bagirira nabi uwayirokotse ko ibyo “bigomba guhagarara kandi ko amategeko agomba...
Umutoza w’Ikipe ya APR FC Darco Novic avuga ko atishimiye intsinzi y’ibitego 3-0 batsinze Kiyovu Sports ku wa 11 Ukuboza 2024, kuko bari kuyitsinda ibitego birindwi cyangwa umunani.
Abaturage barenga 175 ni bo bamaze kumenyekana baguye mu bitero by’ibisasu byagabwe ku isoko ryo mu gace ka Kabkabiya gaherereye mu birometero 180 mu Majyaruguru ya Darfur, umutwe wa Rapid Support...
Umuryango urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Ishami ry’u Rwanda, wagaragaje ko muri uyu mwaka wa 2024 ruswa yatanzwe ku kigero cya 3.20% bivuye kuri 3.60% muri 2023.
Mu ijambo ry’uko igihugu cyifashe muri uyu mwaka, Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo yavuze ko ashimira abasirikare ba Congo, Wazalendo, n’ingabo z’ibihugu by’inshuti baguye ku rugamba zaje...
Umuryango Amnesty International uharanira uburenganzira bwa muntu, watanze imibare mishya y’abaguye mu bwicanyi abasirikare bo mu mutwe urinda Perezida Félix Antoine Tshisekedi bakoreye mu mujyi wa...