skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Perezida KAGAME yaburiye abavutsa ubuzima abarokotse Jenoside

Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yabwiye abagifite umugambi mubi wo gusubiza igihugu mu mateka ya Jenoside, bagirira nabi uwayirokotse ko ibyo “bigomba guhagarara kandi ko amategeko agomba...
12 December 2024 Yasuwe: 864 0

Afghanistan: Minisitiri Khalil yahitanywe n’igitero cy’ubwiyahuzi muri Kabul

Minisitiri w’Impunzi muri Afghanistan, Khalil Haqqani, yipfiriye mu gitero cy’ubwiyahuzi nyuma y’uko umwe mu barwanyi b’Umutwe w’iterabwoba ugendera ku mahame ya Kiyisilamu [Islamic State]...
12 December 2024 Yasuwe: 801 0

Umutoza wa APR FC ntiyanyuzwe n’umubare w’ibitego batsinze Kiyovu sport irwaye

Umutoza w’Ikipe ya APR FC Darco Novic avuga ko atishimiye intsinzi y’ibitego 3-0 batsinze Kiyovu Sports ku wa 11 Ukuboza 2024, kuko bari kuyitsinda ibitego birindwi cyangwa umunani.
12 December 2024 Yasuwe: 799 0

Sudani: Abarenga 170 baguye mu bitero byagabwe ku isoko

Abaturage barenga 175 ni bo bamaze kumenyekana baguye mu bitero by’ibisasu byagabwe ku isoko ryo mu gace ka Kabkabiya gaherereye mu birometero 180 mu Majyaruguru ya Darfur, umutwe wa Rapid Support...
12 December 2024 Yasuwe: 494 0

Canada: Abisabira kwicwa ku bushake bageze kuri 4.7% by’imfu zose

Igipimo cy’abapfa ku bushake babifashijwemo n’abaganga – ibizwi nka euthanasia – cyarazamutse muri Canada mu myaka itanu ishize, nubwo ubu kirimo kugenda buhoro muri rusange.
12 December 2024 Yasuwe: 837 0

Transparency International Rwanda yagaragaje ko ruswa yagabanutse

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Ishami ry’u Rwanda, wagaragaje ko muri uyu mwaka wa 2024 ruswa yatanzwe ku kigero cya 3.20% bivuye kuri 3.60% muri 2023.
11 December 2024 Yasuwe: 498 0

Tshisekedi yashimiye "ingabo z’ibihugu by’inshuti" zapfuye zaje gufasha DR Congo

Mu ijambo ry’uko igihugu cyifashe muri uyu mwaka, Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo yavuze ko ashimira abasirikare ba Congo, Wazalendo, n’ingabo z’ibihugu by’inshuti baguye ku rugamba zaje...
11 December 2024 Yasuwe: 1287 0

Huye: Abagabo baracyahohoterwa n’abagore babo bakaruca bakarumira

Mu Karere ka Huye hari abagabo bahohoterwa n’abagore babo bakabihisha kubera impamvu zitandukanye zirimo no kwirinda gusekwa n’abaturanyi.
11 December 2024 Yasuwe: 610 0

Abaturage baturiye Pariki y’Ibirunga bagiye kugabana Miliyari 4 Frw mu 2024/25

Miliyari enye z’amafaranga y’u Rwanda ni yo azasaranganywa abaturage baturiye Pariki y’Igihugu y’Ibirunga mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/2025.
11 December 2024 Yasuwe: 868 0

RDC:Ibishya ku bwicanyi abasirikare barinda Tshisekedi bakoreye i Goma

Umuryango Amnesty International uharanira uburenganzira bwa muntu, watanze imibare mishya y’abaguye mu bwicanyi abasirikare bo mu mutwe urinda Perezida Félix Antoine Tshisekedi bakoreye mu mujyi wa...
11 December 2024 Yasuwe: 1636 0