skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Urukiko rwa Paris rwongeye gukatira Biguma gufungwa burundu

Nyuma y’igihe aburana ubujurire mu Rukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa, Hategekimana Philippe Manier uzwi nka Biguma, yongeye guhamwa n’ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu ndetse...
18 December 2024 Yasuwe: 386 0

Théoneste Nsengimana wa Umubavu TV yarezwe gushaka guhirika ubutegetsi hakoreshejwe inzira z’amahoro

Ubushinjacyaha mu rukiko rukuru bwareze umunyamakuru Theoneste Nsengimana ibyaha byo gutangaza ibihuha no kuba mu mutwe w’abagizi ba nabi.
17 December 2024 Yasuwe: 2200 0

Syria havumbuwe icyobo gishyinguyemo imbaga bikekwa ko yishwe na Perezida Al-Assad uri mu buhungiro

Perezida wa Syria Bashar al-Assad, uherutse guhunga igihugu kubera imitwe yitwaje intwaro yigaruriye umurwa mukuru, we na se Hafez Al-Assad bashinjwe gukora ubwicanyi bukabije budakurikije...
17 December 2024 Yasuwe: 871 0

Vuba aha u Rwanda rurashyiraho ikipe y’igihugu ya Kung-FU

Mu mukino wa Kung Fu mu Rwanda hagiye gushyirwaho amakipe y’igihugu (Club National) ahoraho, yaba mu mirwanire ndetse n’imyiyereko mu byiciro bitandukanye, abagabo ndetse n’abagore.
17 December 2024 Yasuwe: 262 0

Umunya-Nigeria Ademola Lookman yabaye umukinnyi mwiza wa Afurika 2024

Umunya-Nigeria Ademola Lookman ukinira ikipe ya Atalanta mu gihugu cy’u Butaliyani yahembwe nk’umukinnyi mwiza ku mugabane wa Afurika 2024, mu birori byabereye muri Maroc mu ijoro ryo ku wa 16...
17 December 2024 Yasuwe: 486 0

CHAN 2024:Umutoza yasezereye Abakinnyi barindwi b’Amavubi barimo Seif ku ikubitiro

Abakinnyi barindwi barimo Niyonzima Olivier ‘Seif’ bari mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yitegura gukina imikino yo gushaka itike ya CHAN 2024, bamaze gusezererwa.
17 December 2024 Yasuwe: 1006 0

Nana wakinnye muri Citymaid yasezeranye n’umugabo we imbere y’amategeko

Umukinnyi wa Filimi nyarwanda, Uwamwezi Nadège wamenyekanye nka Nana muri filime Citymaid yasezeranye n’umugabo we Nsanzimana Patrick mu mategeko.
17 December 2024 Yasuwe: 1115 0

U Rwanda rumaze kugera ku rwego rwo gupima kanseri ikamenyekana mbereho imyaka 5

Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yahishuye ko u Rwanda rufite ibyuma bipima kanseri y’urwungano ngogozi ku buryo imenyekana mbereho imyaka itanu mbere y’uko uyifite ayandura.
17 December 2024 Yasuwe: 988 0

Isubikwa ry’ibiganiro hagati ya KAGAME na Tshisekedi mu mboni ya João Lourenço

Perezida wa Angola,akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mucye muri RDCono, João Lourenço, yatangaje ko atewe impungenge no kuba u Rwanda na Congo batarumvikanye ku ngingo yuko umutwe wa M23 wajya...
17 December 2024 Yasuwe: 2098 0

Kicukiro: Umusore yiyahuye asiga yanditse ko bamugaburira Inyamaswa

Mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagari ka Karambo, Umudugudu wa Mahoro, umusore hataramenyekana imyirondoro ye, birakekwa ko yiyambuye ubuzima asiga yanditse ibaruwa ivuga ko...
17 December 2024 Yasuwe: 1204 0