Israël Katz, Minisitiri w’Ingabo wa Israel yatangaje ko iki gihugu ari cyo kiri inyuma y’urupfu rwa Ismaïl Haniyeh, wishwe muri Nyakanga 2024, aturikanywe n’igisasu i Teheran mu Murwa mukuru wa...
Muri Syria hadutse imyigaragambyo yatewe no gutwika igiti cya Noheri hafi y’umujyi wa Hama, aho video yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanaga abantu bitwaje imbunda bihishe mu maso batwikira...
Guverinoma y’igihugu cya Somaliya yamaganye byimazeyo ibyo isobanura ko ari igikorwa cy’igitero simusiga cy’ingabo za Ethiopia mu mujyi wa Doolow, uherereye mu karere ka Gedo.
Gervais Rufyikiri wabaye Visi Perezida wa kabiri w’u Burundi kuva mu 2010 kugeza mu 2015, yasubiye mu gihugu cye nyuma y’imyaka icyenda ari mu buhungiro.
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yavuze ko Bukayo Saka ukina ku mpande asatira izamu, azamara ibyumweru byinshi adakina nyuma yo kugira imvune iturutse ku mitsi yo mu kibero.
Urwego rw’umukino w’intoki wa volleyball mu mashuri makuru na kaminuza mu Rwanda rukomeje gusubira inyuma umunsi ku wundi. Amateka y’umukino wa volleyball mu Rwanda agaragaza ko amakiipe y’ayo...
Igisirikare cy’u Bwongereza gikomeje kugorwa no kubona abakozi, aho n’abarimo bari gusezera mu kazi umusubizo nubwo izamuka ry’imishahara rigeze kuri 6%.
Mu gihe mu bihugu byinshi hirya no hino ku isi birimo abakristo bari kwitegura umunsi mukuru wa Kiliziya uzwi nka Noheli aho baba bibuka ivuka ry’Umwami Yesu Kristo, abadage bo mu mujyi wa...