Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yasabye imbabazi nyina umubyara n’Abanyarwanda muri rusange ku kuba we n’umugore we, Miss Pamella barashyize ku karubanda inda y’imvutsi y’imfura...
U Burundi bwagaragaje ko Leta ya Somalia yabugambaniye ubwo yangaga ko bugumisha ingabo 2000 mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (ATMIS).
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Gakondo, Makanyaga Abdul ku bufatanye na Rusakara Entertainment bateguye igitaramo cyo kwinjiza abanyarwanda mu mwaka wa 2025.
Amatora ya Perezida wa Syria ashobora kuba mu myaka ine iri imbere, ingingo isa nk’itunguranye cyane ko byatekerezwaga ko aya matora yashobora kuba mu mezi 18.
Leta ya Pologne yatangaje ko igomba kuzuza urukuta ruyitandukanya na Belarus, mu rwego rwo guhangana n’abimukira binjira muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, baturutse muri Belarus.