skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Putin yashyiriyeho abimukira badafite ibyangombwa igihe ntarengwa cyo kuba mu Burusiya

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yasabye abimukira badafite ibyangombwa ko babishaka bitarenze tariki ya 30 Mata 2025, babibura bakirukanwa muri iki gihugu.
31 December 2024 Yasuwe: 862 0

Amavubi y’u Rwanda azategereza amahirwe azahabwa ibihugu 2 mu marushanwa ya CAF

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yashyize ahagaragara ibihugu 17 byamaze kubona itike yo kuzakina CHAN 2024 izabera muri Uganda, Tanzania na Kenya tariki 1-28 Gashyantare...
31 December 2024 Yasuwe: 1190 0

Mu mwaka 2025 dutangiye ibintu bigomba kumera neza byanze bikunze- Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umwaka wa 2024 uri kugana ku musozo wabayemo ibyinshi byiza kandi icyifuzo Abanyarwanda bakwiye guhuriraho ari ugukomeza muri uwo mujyo wo gukora ibyiza.
31 December 2024 Yasuwe: 850 0

Perezida Kagame yateguje abagambiriye guhungabanya umutekano kubona isomo

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yibukije abagambirira guhungabanya umutekano w’u Rwanda n’Abanyarwanda ko batazabigeraho kuko hari ubushobozi bwo kubakumira.
31 December 2024 Yasuwe: 1299 0

Amerika yatangaje umunsi wo guherekeza Jimmy Carter wayiyoboye kuva mu 1977

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko uwahoze ari Perezida wayo kuva mu 1977 kugeza mu 1981, Jimmy Carter, azashyingurwa ku wa 9 Mutarama 2024.
31 December 2024 Yasuwe: 435 0

Kenya yafunze Senateri wagaragaye yifatanyije n’abaturage mu myigaragambyo

Senateri Okiya Omtatah uhagarariye akarere ka Busia mu Nteko Ishinga Amategeko ya Kenya, yatawe muri yombi nyuma yo kwitabira imyigaragambyo yamagana ishimutwa ry’abaturage rya hato na hato,...
31 December 2024 Yasuwe: 369 0

DRC: Ibyihebe bya ADF ikomoka muri Uganda bikomeje Kwica Abaturage

N’ubwo ingabo za Uganda zagiye muri DRC mu myaka ibiri ishize ngo zifatanye n’iza DRC kurwanya ADF no kuyirimbura, abarwanyi n’uyu mutwe bakomeje kugarika ingogo.
31 December 2024 Yasuwe: 288 0

Gen Muhoozi yararikiye bikomeye umuhanzikazi Ayra Starr

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko yiteguye “gufata” umuririmbyikazi Ayra Starr nyuma yo guhabwa uburenganzira bwo kubona umugore wese yifuza.
31 December 2024 Yasuwe: 2010 0

Zambia yafunze Abarundi barenga 100

Abashinzwe umutekano b’Urwego rushinzwe Abinjira n’Abasohoka muri Zambia bakoze umukwabu mu bice bitandukanye by’Umurwa Mukuru wa Zambia, Lusaka, usiga abaturage bakomoka mu Burundi barenga 100,...
31 December 2024 Yasuwe: 633 0

LeBron James w’imyaka 40 ngo yiteguye gukomeza gukina indi myaka agifite imbaraga

LeBron James uheruka kuzuza imyaka 40 y’amavuko yatangaje ko yumva agifite imbaraga zo gukomeza gukina ku rwego rwo hejuru mu gihe cy’imyaka itanu cyangwa irindwi.
31 December 2024 Yasuwe: 176 0