Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje Donald Trump nk’uwatsinze amatora ya Perezida aherutse kuba muri icyo gihugu, akazayoborana na Visi Perezida we, J.D. Vance.
Mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo hasanzwe umurambo w’umugabo witwaga Nishimwe Servilien yishwe urw’agashinyaguro ajugunywa mu murima w’ibigori nyuma y’uko hari abaturage bari bamwuvise...