Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko mu Rwanda nta bwoko bushya bw’ibicurane buhagaragara, ni nyuma y’uko muri ibi bihe abantu bafite indwara y’ibicurane.
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) n’Amerika byamaganye ifatwa ry’umujyi wa Masisi n’inkengero zawo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, wigaruriwe n’umutwe w’inyeshyamba wa M23...
Umunya-Nigeria uzwi cyanek utemera ko Imana ibaho, umaze kurekurwa nyuma yo kumara imyaka irenga ine afungiye gutuka Imana, ubu arimo kuba mu nzu iri ahantu h’ibanga kuko abunganizi be mu mategeko...
Perezida Paul Kagame yageze muri Ghana aho yitabiriye imihango yo kurahiza Perezida mushya w’icyo gihugu, John Dramani Mahama na Visi Perezida Naana Jane Opoku-Agyemang.