skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Congo yiyambaje ba ‘Kadogo’ ngo bayifashe M23 ibari ku gakanu

Général-Major Peter Cirimwami Nkuba, Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Kivu ya Ruguru, yatakambiye abana bahoze mu nyeshyamba ‘Kadogo’, kwinjira mu gisirikare cya FARDC kugira ngo bafashe...
6 January 2025 Yasuwe: 1066 0

Koreya ya Ruguru yendereje i y’Epfo irasa igisasu hafi yayo

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu mu nyanja nyuma y’uko iki gihugu cyari kimaze amezi abiri kitarasa ibisasu byacyo, nk’uko Igisirikare cya Koreya y’Epfo cyabitangaje.
6 January 2025 Yasuwe: 462 0

Karongi: Inkuba Yakubise Abantu 12 bane muri bo bahasiga ubuzima

Mu Karere ka Karongi mu Murenge wa Murambi mu Kagari ka Mubuga, haravugwa urupfu rw’abantu bane bazize inkuba yabakubise kuri iki Cyumweru. Muri rusange yakubise abantu 12 nk’uko Meya wa Karongi...
6 January 2025 Yasuwe: 626 0

Lomami Marcel niwe wemejwe nk’umutoza wa Kiyovu Sports

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bwemeje ko Lomami Marcel ari we mutoza mukuru wa yo, usimbuye Bipfubusa Joslin watandukanye n’iyi kipe.
6 January 2025 Yasuwe: 513 0

Mozambique: Uwatsinzwe amatora ntabyemere agahunga yiyemeje gutaha

Muri videwo yashyizwe ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook, uwo munyapotiki utavuga rumwe na Leta muri Mozambique, wakomeje kuyobora imyigaragambyo yamagana ibyavuye mu matora yibereye mu buhungiro...
6 January 2025 Yasuwe: 825 0

Gen Muhoozi na Bobi Wine urwa se bakomeje Intambara y’amagambo

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yateranye amagambo n’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi alias Bobi Wine urwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni.
6 January 2025 Yasuwe: 847 0

Ukraine isumbirijwe n’ibitero iri kunyuzamo ikivuna umwanzi wayo Uburusiya

Minisiteri y’ingabo z’Uburusiya ivuga ko Ukraine yagabye igitero cyo gusubiza inyuma ingabo z’Uburusiya mu karere ka Kursk ko mu Burusiya.
6 January 2025 Yasuwe: 921 0

RD C: Abashinwa batawe muri yombi bafite zahabu n’ibihumbi 800$ by’Idorari

Abategetsi bavuga ko Abashinwa batatu batawe muri yombi bafite ibipande 12 bya zahabu n’amadolari y’Amerika 800,000 ’cash’ mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
6 January 2025 Yasuwe: 480 0

Haiti: Haribazwa ku musaruro w’abasirikare ba Guatemala na El Salvador bagiye mu butumwa bwo kugarura amahoro

Haiti yakiriye abasirikare 75 ba Guatemala n’abandi umunani ba El Salvador baje muri icyo gihugu mu rwego rwo kugifasha guhangana n’ibikorwa by’urugomo n’ubugizi bwa nabi, bimaze igihe byaroretse...
5 January 2025 Yasuwe: 246 0

U Bwongereza ntibufite ubushobozi bwo gukumira ibitero by’ibisasu kirimbuzi

Itsinda ryigenga riyoboye isuzuma ku bushobozi bw’igisirikare ryashyizweho na leta y’u Bwongereza, ryagaragaje ko hakenewe ishoramari ryihariye mu bijyanye n’ubwirinzi ku bisasu bya kirimbuzi muri...
5 January 2025 Yasuwe: 451 0