skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

DRC:Inyeshyamba za ADF zishe 21

Inyeshyamba z’umutwe w’intagondwa wa ADF zishe abantu 21 mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo muri iki cyumweru gusa.
29 December 2024 Yasuwe: 268 0

Amavubi yabonye itike ya CHAN

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yashyize ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ mu makipe 10 yamaze kubona itike yo gukina Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere muri za shampiyona...
29 December 2024 Yasuwe: 859 0

Michael nta rungu uzagira iwawe - Ababyeyi ba Miss Nishimwe Naomie mu bukwe bw’umwana wabo

Ababyeyi ba Miss Nishimwe Naomie bashimiye bikomeye umukobwa wabo wabahesheje ishema agakora ubukwe, ariko by’umwihariko bizeza umukwe wabo ko atwaye umukobwa utazigera amutera irungu.
29 December 2024 Yasuwe: 390 0

M23 yanyomoje FARDC nyuma yo kwerekana uwo yise umusirikare wa RDF

Umutwe wa M23 wanyomoje Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyerekanye umurwanyi cyise umusirikare w’u Rwanda, ushimangira ko nta musirikare n’umwe w’u Rwanda uri kumwe...
28 December 2024 Yasuwe: 2717 0

Syria: Hafashwe uwari ukuriye ubutabera bwa gisirikare kubwa Assad

Kuri uyu wa Kane, itariki 26 Ukuboza 2024, abategetsi bashya ba Syria bataye muri yombi uwari umuyobozi w’ubutabera bwa gisirikare watanze igihano cy’urupfu ku bantu bari bafungiwe muri gereza...
28 December 2024 Yasuwe: 758 0

Dr. Tedros uyobora OMS yarusimbutse mu bibitero Israel yagabye muri Yemen

Umuyobozi Mukuru w’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, yatangaje ko ibitero Israel yagabye ku Kibuga cy’Indege cya Sanaa cyo muri Yemen, byamusanze kuri icyo...
27 December 2024 Yasuwe: 842 0

Umunyamakuru Pascal Habababyeyi witabye Imana yenda kurushinga yasezeweho bwa nyuma

Umunyamakuru Pascal Habababyeyi wakoreraga Radio&TV 10 yaherekejwe bwa nyuma, mu gahinda gakabije ku muryango we n’abo bakoranye mu bihe bitandukanye bahamya ko yababereye umujyanama ukomeye...
27 December 2024 Yasuwe: 3600 0

Putin yavuze ko Imana ishyigikiye u Burusiya mu ntambara bwagabye kuri Ukraine

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko Imana iri ku ruhande rw’u Burusiya kandi yizeye ko buzatsinda intambara buhanganyemo na Ukraine.
27 December 2024 Yasuwe: 697 0

Koreya y’Epfo: Perezida w’Agateganyo wasimbuye Yoon Suk Yeol nawe yegujwe atamaze kabiri

Koreya y’Epfo yeguje uwari Perezida w’Agateganyo, Han Duck-soo, nyuma y’ibyumweru bibiri n’ubundi Inteko Ishinga Amategeko yeguje Yoon Suk Yeol wari Perezida.
27 December 2024 Yasuwe: 478 0

Nyamagabe: Umusaza umaze igihe yiyoberanya kubera Jenoside bikekwa ko yakoze Yafashwe

Umusaza w’imyaka 62 yafatiwe mu Mu Murenge wa Musebeya mu Karere ka Nyamagabe nyuma y’imyaka 30 yari amaze yihisha kubera Jenoside yakorewe Abatutsi yagizemo uruhare ubwo yabaga mu cyahoze ari...
27 December 2024 Yasuwe: 3875 0