Igitaramo cya Jose Chameleone cyari giteganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali ku wa 3 Mutarama 2025, cyasubitswe, nyuma y’uko uyu muhanzi agize uburwayi buzamusaba kujya kwivuriza muri Leta Zunze...
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bufaransa, Marine Le Pen, yatangaje ko Perezida Emmanuel Macron azava ku butegetsi mbere y’uko manda ye irangira mu 2027 kuko ngo ari kugana ku ndunduro.
Ikipe y’Igihugu ”Amavubi” y’abakina imbere mu Gihugu, yerekeje i Juba gukina na Sudani y’Epfo mu ijonjora rya nyuma mu gushaka itike ya Shampiyona Nyafurika ihuza abakina mu bihugu byabo (CHAN 2024).
Umutwe witwaje intwaro wa M23 kuri uyu wa 18 Ukuboza 2024 wambuye ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agace ka Mbingi kari muri teritwari ya Lubero, abatuye mu mujyi wa...
Minisitiri w’Imari wa Koreya y’Epfo, Choi Sang-mok, yatangaje ko amasezerano icyo gihugu cyagiranye n’u Rwanda agamije gukuraho gusoresha kabiri, atangira gushyirwa mu bikorwa kuri uyu wa 19...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwasubije Munyakazi Sadate wahoze ayiyobora, ko budashobora kuganira na we ku bijyanye n’amasezerano yavuze ko yagiranye na yo mu 2018 na 2019, binyuze muri kompanyi ze,...
Donald Trump witegura kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhera muri Mutarama 2025, yanenze Perezida Joe Biden wemereye Ukraine kurasa misile za ATACMS mu Burusiya.