APR FC yatsinze Mukura VS ibitego 4-2 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wakinwe kuri uyu Wa Gatandatu Saa cyenda muri Kigali Pelé Stadium.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Nduhungirehe, yamaganye amagambo aherutse gutangazwa na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Felix Antoine Tshisekedi...
Kuri uyu wa gatanu, minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Antony Blinken, yagiriye uruzinduko rutatangajwe, muri Iraki. Yabonanye na Minisitiri w’intebe Mohammed Shia...
Ambasaderi w’u Bushinwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Xie Feng yashimangiye ko gukeretsa ubushobozi bw’igihugu cye mu bijyanye n’ubukungu bw’Isi, ari ukubura ubwenge.
Mu gihe hategerejwe ibiganiro hagati y’abakuru b’ u Rwanda na Republika ya Demokarasi ya Congo kuri iki cyumweru, intumwa yihariye y’Ubwongereza mu karere k’ibiyaga bigari ngo yizeye ko bizagera ku...
Perezida Paul Kagame, ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 12 Ukuboza 2024, yakiriye abitabiriye Inteko Rusange y’Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gutwara Imodoka (FIA) ndetse n’itangwa ry’ibihembo...