skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

APR FC yasubiranye inyuma Mukura VS iyinyagirira muri Kigali Pelé Stadium-AMAFOTO

APR FC yatsinze Mukura VS ibitego 4-2 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wakinwe kuri uyu Wa Gatandatu Saa cyenda muri Kigali Pelé Stadium.
14 December 2024 Yasuwe: 690 0

U Rwanda rwamaganye amagambo ya Tshisekedi warushinje gutuza Abanyarwanda muri RDC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Nduhungirehe, yamaganye amagambo aherutse gutangazwa na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Felix Antoine Tshisekedi...
14 December 2024 Yasuwe: 860 0

Antony Blinken wa USA Yagiriye Uruzinduko Rutatangajwe muri Iraki umuturanyi wa Siriya

Kuri uyu wa gatanu, minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Antony Blinken, yagiriye uruzinduko rutatangajwe, muri Iraki. Yabonanye na Minisitiri w’intebe Mohammed Shia...
13 December 2024 Yasuwe: 670 0

U Bufaransa bwabonye Minisitiri w’Intebe mushya nyuma yo kweguza Michel Barnier

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya François Bayrou asimbuye Michel Barnier.
13 December 2024 Yasuwe: 558 0

U Bushinwa bwabwiye USA ko kubusuzugura ari ukubura ubwenge

Ambasaderi w’u Bushinwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Xie Feng yashimangiye ko gukeretsa ubushobozi bw’igihugu cye mu bijyanye n’ubukungu bw’Isi, ari ukubura ubwenge.
13 December 2024 Yasuwe: 813 0

Rutsiro:RIB yataye muri yombi umukozi w’Akarere akekwaho Ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Kamayirese Innocent, umukozi ushinzwe kurengera ibidukikije mu Karere ka Rutsiro.
13 December 2024 Yasuwe: 823 0

Intumwa y’Ubwongereza yemeje ko kuganira kwa Kagame na Tshisekedi ari inzira nziya yo kugera ku mahoro

Mu gihe hategerejwe ibiganiro hagati y’abakuru b’ u Rwanda na Republika ya Demokarasi ya Congo kuri iki cyumweru, intumwa yihariye y’Ubwongereza mu karere k’ibiyaga bigari ngo yizeye ko bizagera ku...
13 December 2024 Yasuwe: 607 0

Minisitiri w’Intebe yitabiriye umuhango wo kwakira aba Ofisiye bato basaga 600 no kubaha amapeti

Minisitiri w’Intebe , Dr Edouard Ngirente,yasabye abasoje amahugurwa ya ba Ofisiye bato muri Polisi y’u Rwanda, kugira ubumenyi buhagije bwo guhangana n’ibyaha by’ikoranabuhanga.
13 December 2024 Yasuwe: 597 0

Perezida Kagame yakiriye abitabiriye Inteko Rusange ya FIA

Perezida Paul Kagame, ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 12 Ukuboza 2024, yakiriye abitabiriye Inteko Rusange y’Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gutwara Imodoka (FIA) ndetse n’itangwa ry’ibihembo...
13 December 2024 Yasuwe: 386 0

Perezida Kagame Yasabye Abikubira Iby’Abandi Kubireka

Ubwo yakiraga indahiro ya Perezida w’Urukiko rw’ikirenga n’umwungirije, Perezida Kagame yavuze ko abantu barenganya abandi cyangwa bakikubira iby’abandi bakwiye kubireka.
12 December 2024 Yasuwe: 1076 0