skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Iminsi ibaye 8 M23 na FARDC bari kurwana mu buryo budakuraho ahitwa Lubero

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 9 Ukuboza 2024, ni umunsi wa munani wikurikiranya w’imirwano ikaze ikomeje gusakiranya abarwanyi ba M23 n’Ingabo za FARDC zifatanyije na Wazalendo mu Mudugudu wa...
9 December 2024 Yasuwe: 1347 0

FDLR yarengeje amaso amahano ikora yandikiye Lourenço isaba imishyikirano

Umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda witabaje Perezida João Lourenço wa Angola, umusaba kuwuhuriza mu mishyikirano na Leta y’u Rwanda.
9 December 2024 Yasuwe: 1938 0

Ghana: Visi Perezida yavuze ko abatavuga rumwe n’ubutegetsi aribo batsinze amatora

Visi Perezida wa Ghana Mahamudu Bawumia yemeye ko yatsinzwe mu matora yo ku wa gatandatu ndetse yifuriza ishya n’ihirwe umukandida w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi wahoze ari Perezida, John Mahama,...
9 December 2024 Yasuwe: 510 0

Imodoka itwara ibishingwe yongeye kugongera abantu mu Gakiriro ka Gisozi

Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki 07 Ukuboza 2024 i Kigali mu Gakiriro ka Gisozi habereye impanuka yatewe no gucika feri kw’imodoka itwara ibishingwe yavaga i Nduba, ikaba yakomerekeje abantu...
8 December 2024 Yasuwe: 2896 0

Papa Francis yashyizeho abakaridinali 21 barimo Abanyafurika babiri

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis yatoranyije abakaridinali baturutse mu bice bitandukanye bigize isi birimo Afurika, agamije gukomeza kwimakaza ubusugire bwa Kiliziya.
8 December 2024 Yasuwe: 1212 0

Trump, Macron na Volodymyr Zelensky bahuriye mu ifungurwa rya Cathédrale Notre-Dame de Paris

Kuri uyu wa Gatandatu, Perezida watowe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yahuriye na mugenzi we Emmanuel Macron ndetse na Volodymr Zelensku wa Ukraine, mu muhango wo gutaha Cathédrale...
8 December 2024 Yasuwe: 834 0

John Mahama yongeye gutorerwa kuyobora Ghana

John Mahama wigeze koyobora Ghana yatorewe kongera kuyobora iki gihugu, ahigitse Mahamudu Bawumia wari usanzwe ari Visi Perezida.
8 December 2024 Yasuwe: 431 0

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo yafunzwe

Ubushinjacyaha bwa Koreya y’Epfo bwafunze Kim Yong Hyun wahoze ari Minisitiri w’Ingabo, ashinjwa uruhare mu gutanga igitekerezo cyatumye Perezida Yoon Suk Yeol ashyiraho ibihe bidasanzwe.
8 December 2024 Yasuwe: 450 0

Syria: Perezida Assad ari guhigwa bukware n’inyeshyamba zafashe ubutegetsi

Inyeshyamba za HTS zafashe ubutegetsi muri Syria, zatangiye igikorwa cyo guhiga bukware Perezida Bashar al-Assad, nubwo bivugwa ko yahunze igihugu.
8 December 2024 Yasuwe: 962 0

Espagne yikuye mu mugambi wa Amerika wo Guha Israel Intwaro

Inzego z’iperereza zo muri Amerika zarakajwe n’ibyo zise ‘kubangama’ nyuma y’uko ubwato butatu bivugwa ko bwari bupakiye intwaro zari zoherejwe muri Israel bwangiwe guca mu mazi ya Espagne ngo...
7 December 2024 Yasuwe: 859 0