skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

EAC yemeje ko Igifaransa n’Igiswahili byinjiye mu ndimi zemewe ikoresha

Inama ya 24 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yemeje ko Igifaransa n’Igiswahili biba indimi zikoreshwa mu bikorwa by’uyu muryango.
2 December 2024 Yasuwe: 293 0

Perezida Kagame na Emir wa Qatar bakurikiye isiganwa rya Qatar Grand Prix

Perezida Paul Kagame n’Umuyobozi w’Ikirenga w’igihugu cya Qatar, Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, bakurikiye isiganwa rya Formula 1 Qatar Grand Prix.
2 December 2024 Yasuwe: 538 0

Byasabye igitego cy’umudefanseri ngo APR FC yigobotore imyaka 6 idatsinda AS Kigali

Myugariro Niyigena Clement, yafashije APR FC gutsinda AS Kigali igitego 1-0 nyuma y’imyaka itandatu yari ishize iyi kipe y’Ingabo idatsinda Abanyamujyi muri shampiyona.
2 December 2024 Yasuwe: 423 0

Kigali: Imodoka yaguye hejuru y’inzu

Ku mugoroba wo ku itariki 30 Ugushyingo 2024 nibwo bamwe mu baturage b’i Remera mu Mujyi wa Kigali, batunguwe no kubona imodoka hejuru y’inzu, nk’uko ababibonye babitangaje.
1 December 2024 Yasuwe: 4249 0

MINALOC ntiyemeranya n’abita kwegura kw’Abayobozi bananiwe inshingano ‘Tour du Rwanda’

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi, avuga ko abayobozi b’Uturere twa Karongi na Rusizi baherutse kwegura, byavuye ku mpamvu zabo bwite ariko bamaze kubona ko badaha serivisi...
1 December 2024 Yasuwe: 1096 0

Mumyaka 11 iri imbere Umunyarwanda azaba yinjiza asaga miliyoni 6 Frw

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko U Rwanda rwifuza ko mu mwaka wa 2035, nibura buri muturage azaba abasha kubona mu mufuka we amadolari ya Amerika arenga 5,000...
1 December 2024 Yasuwe: 555 0

Inzoka y’ubumara yatondagire ukuguru kw’umushoferi mu muhanda munini atwaye

Byabaye ngombwa ko umushoferi ahagarara mu buryo butunguranye mu muhanda munini wo mu mujyi wa Melbourne muri Australia nyuma yuko arebye hasi agasanga inzoka yica iri imbere mu modoka ye – ndetse...
1 December 2024 Yasuwe: 2137 0

Tshisekedi yanze kwitabira inama ya EAC ntiyanohereza intumwa

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yanze kwitabira inama ya 24 y’abakuru b’ibihugu bya EAC i Arusha muri Tanzania, aho yagombaga guhabwa inkoni yo kuyobora uyu muryango.
1 December 2024 Yasuwe: 1196 0

Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga idatinya umuto cyangwa ukuze

Umusonga ubundi ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana umuntu yirwaye byihuse, cyane ko imibare yo mu 2021, yagaragaje ko yahitanye abarenga miliyoni 2.5 hirya no hino...
1 December 2024 Yasuwe: 982 0

U Rwanda rwibukije EAC kureka kwirengagiza ikibazo cy’umutekano muke mu karere

U Rwanda rwagaragaje ko Ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bikwiye kureka kwirengagiza ikibazo cy’umutekano muke mu Karere, kugira ngo bigire amahoro.
1 December 2024 Yasuwe: 621 0