Perezida Paul Kagame n’Umuyobozi w’Ikirenga w’igihugu cya Qatar, Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, bakurikiye isiganwa rya Formula 1 Qatar Grand Prix.
Ku mugoroba wo ku itariki 30 Ugushyingo 2024 nibwo bamwe mu baturage b’i Remera mu Mujyi wa Kigali, batunguwe no kubona imodoka hejuru y’inzu, nk’uko ababibonye babitangaje.
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi, avuga ko abayobozi b’Uturere twa Karongi na Rusizi baherutse kwegura, byavuye ku mpamvu zabo bwite ariko bamaze kubona ko badaha serivisi...
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko U Rwanda rwifuza ko mu mwaka wa 2035, nibura buri muturage azaba abasha kubona mu mufuka we amadolari ya Amerika arenga 5,000...
Byabaye ngombwa ko umushoferi ahagarara mu buryo butunguranye mu muhanda munini wo mu mujyi wa Melbourne muri Australia nyuma yuko arebye hasi agasanga inzoka yica iri imbere mu modoka ye – ndetse...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yanze kwitabira inama ya 24 y’abakuru b’ibihugu bya EAC i Arusha muri Tanzania, aho yagombaga guhabwa inkoni yo kuyobora uyu muryango.
Umusonga ubundi ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana umuntu yirwaye byihuse, cyane ko imibare yo mu 2021, yagaragaje ko yahitanye abarenga miliyoni 2.5 hirya no hino...