Ibiciro by’umukino wa Rayon Sports na APR FC uzakinwa tariki 07 Ukuboza 2024 byamaze gutangazwa, aho itike ya menshi izaba ari Miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda.
Kuva tariki 29 Ugushyingo kugeza...
Perezida João Lourenço wa Angola ku wa Kane tariki ya 28 Ugushyingo yahamagaye kuri telefoni mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, baganira ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC ndetse...
Leta ya Tanzania – biciye kuri minisitiri mu biro bya perezida ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu – yatangaje ko ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) ryatsinze amatora y’ubutegetsi bw’imbere mu gihugu ku...
Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yagaragaje ko mu minsi iri imbere abanyeshuri barangije mu mashuri Nderabarezi (TTC) bashobora kuzajya bashyirwa mu kazi hatabayeho ikindi kizamini cy’akazi.
Perezida wa Angola, João Lourenço na mugenzi we Félix Tshisekedi baganiriye ku buryo amahoro n’umutekano byagaruka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Amashuri makuru na kaminuza zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika arimo kwandikira abanyeshuri n’abakozi bazo bo mu mahanga abagira inama yo kujya muri Amerika mbere y’uko Perezida watowe Donald...