skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Isiraheri yishe agahenge yongeye Kugaba Ibitero ku Birindiro bya Hezbollah

Isiraheri yagabye ibitero by’indege muri Liban ivuga ko byari bigambiriye ibikorwa by’umutwe wa Hezbollah ushyigikiwe na Irani.
1 December 2024 Yasuwe: 707 0

Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda ziri kuganira ku buryo bwo kunoza umutekano w’imipaka bahuje

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Uganda (UPDF) zishinzwe kurinda imipaka ihuza ibihugu byombi ziri mu Karere ka Musanze mu biganiro by’iminsi itatu, kuva ku itariki 28 kugeza kuri 30 Ugushyingo 2024.
29 November 2024 Yasuwe: 807 0

Rayon Sports yatangaje ibiciro ku mukino izakiramo mukeba APR FC

Ibiciro by’umukino wa Rayon Sports na APR FC uzakinwa tariki 07 Ukuboza 2024 byamaze gutangazwa, aho itike ya menshi izaba ari Miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda. Kuva tariki 29 Ugushyingo kugeza...
29 November 2024 Yasuwe: 2163 0

Perezida Kagame na Lourenço baganiriye ku bibazo bya RDC n’u Rwanda

Perezida João Lourenço wa Angola ku wa Kane tariki ya 28 Ugushyingo yahamagaye kuri telefoni mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, baganira ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC ndetse...
29 November 2024 Yasuwe: 637 0

RDC: Uganda yasubije Congo 18 bivugwa ko bari bajyanwe muri M23

Muri Ituri, abasore 18 bafatiwe muri Uganda bashinjwa kuhaguma mu buryo bunyuranije n’amategeko bahita boherezwa iwabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
29 November 2024 Yasuwe: 820 0

Tanzania: CCM ya Samia Suluhu yatsinze amatora ku majwi 99%

Leta ya Tanzania – biciye kuri minisitiri mu biro bya perezida ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu – yatangaje ko ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) ryatsinze amatora y’ubutegetsi bw’imbere mu gihugu ku...
29 November 2024 Yasuwe: 935 0

Abarangije muri TTC bashobora gukurirwaho ibizamini by’akazi mbere yo kugatangira

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yagaragaje ko mu minsi iri imbere abanyeshuri barangije mu mashuri Nderabarezi (TTC) bashobora kuzajya bashyirwa mu kazi hatabayeho ikindi kizamini cy’akazi.
28 November 2024 Yasuwe: 1048 0

Tshisekedi yahamagawe na Lourenço baganira ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Kongo

Perezida wa Angola, João Lourenço na mugenzi we Félix Tshisekedi baganiriye ku buryo amahoro n’umutekano byagaruka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
28 November 2024 Yasuwe: 566 0

RDC ntishaka amahoro nubwo yasinye umwanzuro wo gusenya FDLR-Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko nubwo intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zasinye umwanzuro wo gusenya umutwe...
28 November 2024 Yasuwe: 903 0

Kaminuza zo muri Amerika zasabye abakozi n’abanyeshuri kwihuta bakaza mbere y’uko Trump arahira

Amashuri makuru na kaminuza zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika arimo kwandikira abanyeshuri n’abakozi bazo bo mu mahanga abagira inama yo kujya muri Amerika mbere y’uko Perezida watowe Donald...
28 November 2024 Yasuwe: 913 0