Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Frank Torsten Spittler yatangaje ko kudahamagara Hakizimana Muhadjiri atari ikindi kibazo bafitanye ahubwo ko igihe cye na we kizagera, naho kuri Mugisha Didier...
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko depite akanaba n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Franck Diongo yaba ari i Kigali kuva ku Cyumweru gishize.
Muri Mozambike, komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje burundu kuri uyu wa kane ibyavuye mu matora yataje ibibazo yo kw’itariki ya cyenda y’uku kwezi kwa cumi. Ivuga ko Daniel Chapo, kandida...
Ibiro bya minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, byatangaje ko intumwa zabo zizaba ziyobowe na David Barnea, umuyobozi mukuru wa Mossad, ikigo cy’ubutasi bw’inyuma hanze y’igihugu mu...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi yavuze ko itegekonshinga ry’icyo gihugu rikwiye kuvugururwa kuko hari aho rifite "intege nkeya".
Perezida wa DR Congo Antoine Felix Tshisekedi,kuri uyu wa 23 Ukwakira 2024, ubwo yari yagiye i Kisangani gutaha ikibuga cy’idege, yavuze ko ubutegetsi bw’u Rwanda ari umwanzi wa Congo.
FC Barcelona yanyagiye Bayern Munich ibitego 4-1, Manchester City inyagiye Sparta Prague ibitego 5-0, mu mikino y’Umunsi wa Gatatu wa UEFA Champions League.
Kuri uyu wa Gatatu, hakinwe agace ka gatatu k’isiganwa ry’Amagare yo mu musozi ’Rwanda Epic 2024’, Abanyarwanda Munyaneza Didier uri gufatanya na Banzi Bukhari baba aba kabiri mu bagabo mu gihe...