Polisi yo mu Burengerazuba bw’Umujyi wa Düsseldorf mu Budage, yatangaje ko yatahuye resitora yacuruzaga Pizza ariko ikongeraho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’ ku bakiliya basabye Pizza ifite nomero...
Rigathi Gachagua wahoze ari Visi Perezida wa Kenya, yasabwe kwitaba Urwego rw’Ubugenzacyaha muri Kenya (DCI), kugira ngo asobanure ibyo yatangaje ko bagerageje kumwica kabiri kose bakoresheje uburozi.
Guverinerinoma ya Angola ku wa Mbere yamaganye imirwano iheruka gusakiranya umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya RDC muri Teritwari ya Walikale, igaragaza ko ica intege ibiganiro bya Luanda bigamije...
Polisi yakoresheje imyotsi iryana mu maso ndetse n’amasasu mu rwego rwo gutatanya abari mu myigaragambyo bari bakoraniye mu Murwa Mukuru wa Mozambique i Maputo.
Igisirikare cya DR Congo cyatangaje ko cyavanye inyeshyamba za M23 mu gace ka Kalembe. Ni nyuma y’amakuru yemezaga ko umutwe wa M23 wafashe aka gace nyuma y’imirwano yabaye ku cyumweru.
Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Bugomba, Umurenge wa Kaniga, Akarere ka Gicumbi, barashinja Umukozi w’Akagari ushinzwe Iterambere (SEDO) Benegusenga Gilbert, kunyereza amafaranga ya Mituweli...
Kuri uyu wa Mbere, tariki 21 Ukwakira 2024, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko umuntu umwe gusa (1) ari we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg.