Perezida wa Cameroun Paul Biya w’imyaka 91 yongeye kuboneka mu ruhame ku nshuro ya mbere mu byumweru bitandatu bishize, mu gihe hari hari uguhwihwisa ku magara macye ye.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, nyuma yo gutsinda Benin mu mukino wo kwishyura wabereye kuri Sitade Amahoro i Remera iracyafite akandi kazi katoroshye kugira ngo itsindire itike yo...
Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Ntarabana,Akagari ka Kiyanza kuri uyu wa Mbere,tariki ya 21 Ukwakira 2024, ku isaha ya saa munani n’igice nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’umugabo witwa...
Mu gihe u Rwanda rumaze igihe ruhugiye mu kurwanya Marburg kubera ubukana bwayo, ku rundi ruhande indi ndwara ya Monkey Pox isa n’itibukwa na benshi. Icyakora irahari ndetse no muri Uganda iriyo...
Igisirikare cya Israel, cyasabye imbabazi ku bw’abasirikare batatu ba Lebanon bishwe ku cyumweru mu gitero iki gihugu cyagabye mu burasirazuba, mu ntambara gihanganyemo n’umutwe wa Hezbollah.
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Mbere rwategetse ko abasore babiri bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Kayirangwa Olga bafungwa by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30.