Abantu benshi bakunze kubika uburoso bw’amenyo mu bwogero cyangwa mu bwiherero, gusa abahanga bavuga ko kububika mu bwiherero cyangwa mu bwogero bishobora guteza ibyago by’amenyo.
Perezida Paul Kagame yavuze ko nyakwigendera ( Rtd) Colonel Joseph Karemera uherutse gutabaruka yari umugabo witangaga muri byose akabikora ari nako yita ku muryango we.
Umugabo w’Umurusiya yatabawe nyuma yo kumara amezi arenga abiri yarabuze icyerekezo ari mu bwato butoya mu nyanja ya Okhotsk mu burasirazuba bw’Uburusiya.
Kuri uyu wa Gatatu, urukiko rwa Kenya rwatangaje ko ibirego byo gushinja Visi Perezida Rigathi Gachagua byemejwe, rusobanura ko hari gutegurwa uburyo Sena yatora ko yakwirukanwa muri iki cyumweru.
Raporo y’Ikigo Global Hunger Index yasohotse mu cyumweru gishize, yashyize u Burundi ku mwanya wa mbere ku Isi mu bihugu byugarijwe n’inzara iteye ubwoba.