Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye guha Israel inkunga z’ibikoresho bya gisirikare bikoreshwa mu bwirinzi bukumira za misile zishobora guterwa kuri iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo...
Umunyapolitiki Moïse Katumbi Chapwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko abona hari bamwe mu bantu bo hejuru mu butegetsi bwa kiriya gihugu bafite...
Muri Tanzania, umwana w’umuhungu w’imyaka 14 wigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, yabuze mu gihe yari mu rugendoshuri hamwe n’abandi banyeshuri bagenzi be, nyuma aza kuboneka amaze...
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Bénin, Mathurin de Chacus, yatangaje ko mu gihe ikipe y’iki gihugu “Les Géupards” yatsindira Amavubi i Kigali ku wa Kabiri, azayiha agahimbazamusyi...
Ibintu byahinduye isura mu ntambara ikomeje guhuza Ingabo za Israel n’umutwe wa Hezbollah, nyuma y’uko wohereje ’drone’ ku birindiro by’Ingabo z’icyo gihugu biri mu Majyaruguru, igahitana...
Umunya-Kenya Ruth Chepngetich yaciye agahigo ko ku rwego rw’Isi mu gusiganwa Marathon mu bagore ubwo yegukanaga isiganwa ry’i Chicago ku Cyumweru nyuma yo gukoresha amasaha abiri, iminota icyenda...