Mu Rwanda hafi kimwe cya Kabiri cya za Santarali Gatolika zafunzwe mu nkubiri yo gufunga insengero, za Kiliziya n’imisigiti imaze iminsi iri mu gihugu. Ibi bikubiye mu cyegeranyo Inama...
Mu gihe Israel yarasa mu Iran, mu rwego rwo kwihimura kuri icyo gihugu giherutse kurasa ibisasu birenga 180 ku butaka bwayo, Iran nayo iri kwitegura kuba yasubiza icyo gitero, ikarasa ku bubiko bwa...
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje icyifuzo cy’uko abimukira bica Abanyamerika na bo bajya bakatirwa igihano cy’urupfu.
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO/ OMS) ryatangaje ko nta gihugu gikwiye kuba cyaheza u Rwanda kubera icyorezo cya Marburg kuko rwafashe ingamba zihamye zo guhangana nacyo.
Leta ya Caméroun yaciye kuganira ku buzima bwa Perezida Paul Biya w’iki gihugu, mu gihe ibihuha bivuga ku buzima bw’uyu mukambwe bikomeje kuba byinshi.
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Torsten Frank Spittler, yavuze ku makosa yakozwe n’abakinnyi be ku mukino baherutse gutsindwamo na Bénin, ashimangira ko batazayasubira.
Abaturage ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika binganjemo abo mu ishyaka riharanira Repubulika rizwi nk’Abarepubulike ( Republican) bifuza ko Leta zunze ubumwe z’Amerika zayoborwa zigendera ku mahame ya...