Inzego z’Ubutegetsi mu Budage zatangaje ko Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ategerejwe muri icyo gihugu mu ruzinduko bitegenijwe ko azahagirira taliki 18 z’uku kwezi.
Umugabo witwaje imbunda ebyiri ntoya zitemewe n’amategeko yatawe muri yombi hafi y’aho Donald Trump yariho yiyamamariza i Coachella muri leta ya California, nk’uko polisi ibitangaza.
Amakipe y’ingabo z’igihugu mu mikino itandukanye irimo Umupira w’Amaguru, Basketball ndetse na Handball yashyiriweho abayobozi bashya bunganira abari bahari ku makipe amwe, mu gihe ahandi...
Ikipe y’Igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare (Team Rwanda), yegukanye undi mudali w’umuringa watwawe na Muhoza Eric muri Shampiyona Nyafurika y’Amagare ya 2024 yaberaga muri Kenya ku nshuro ya 20.
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), Umushinjacyaha Mukuru mu Rukiko rw’Iremezo rw’umurwa mukuru, Kinshasa, arasaba ko hashakishwa byimazeyo abatorotse bava muri Gereza Nkuru ya Makala ku...
U Rwanda rwamaze impungenge abarusura bava mu mahanga ko nta cyo bakwiye kwikanga kuko ingamba zo guhangana n’icyorezo cya Marburg zafashwe kandi zitabangamira imirimo yabo.
Ministri w’Intebe wa Isirayeli, Benjamin Netanyahu, kuri iki cyumweru yasabye Umuryango w’Abibumbye gukura ingabo zawo mu duce tuberamo intambara muri Libani.
Abarwanyi ba Hezbollah bavuze ko barashe urufaya rw’ibisasu bya misile ku nkambi y’ingabo za Isirayeli kuri uyu wa gatandatu mu gihe abasirikare bayo bari bahanganye n’uyu mutwe muri Libani no mu...