Kuri uyu wa Kane, itariki 17 Ukwakira 2024, impaka ku kweguza Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, zahagaritswe mu buryo butunguranye nyuma y’uko Gachagua ananiwe kwigaragaza mu nama ya nyuma...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda rigiye guha icyerekezo ishyirwa mu bikorwa ry’umushinga wo kubaka ibibuga bya Gicumbi, Rusizi, Rutsiro no kuri FERWAFA mbere y’uko uyu mwaka wa 2024...
Mu ijoro ryo ku ya 16 rishyira 17 Ukwakira 2024, ikigo cyemewe cya Siriya cya Sana cyatangaje igitero cya Isiraheli ku mujyi wa Lattaquié uri ku nkombe za Syria. Mu ijoro ryakeye, Minisitiri...
Igisirikare cyo mu kirere cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FAC) kirashaka cyane kuvugurura indege zacyo, kandi ubu u Buhinde nibwo buhanzwe amaso mu gushakisha indege za gisirikare ziteye...
Igipolisi kiravuga ko Liam Payne wahoze ari umwe mu bahanzi bagize itsinda rya One Direction, yapfuye ku myaka 31 apfiriye muri Argentine nyuma yo guhanuka ku igorofa rya gatatu rya hotel i Buenos...
Bamwe bashobora kuba batabizi, ariko burya Ubufaransa busa n’ubwakolonije Lebanon.Kuba Israel iri gusenya ibikorwaremezo by’iki gihugu mu ntambara iri kurwana na Hezbollah, ntibishimisha Emmanuel...