Taliki 03 Gicurasi 2024, nibwo mu nkambi ya Mugunga iherereye mu mujyi wa Goma, yatewemo igisasu gihitana abagera kuri 35 naho abarenga 40 barakomereka bamwe bajyanwa mu bitaro.
Bamwe mu bagiye gutora bwa mbere, baracyafite amakuru make arebana n’amatora, hari n’abatazi uko gutora bigenda ndetse naho bikorerwa.Komisiyo y’igihugu y’amatora itangaza ko inyigisho z’uburere...
Perezida Joe Biden na Donald Trump, bazahangana mu matora yo kw’itariki ya 5 y’ukwa 11 gutaha, bemeranyije ko bazagirana impaka mu ruhame inshuro ebyiri.
Intandaro y’iki cyemezo, nk’uko ibiro bya Perezida Volodymyr Zelensky byabitangaje ku mbuga nkoranyambaga, ni uburyo abasirikare b’Uburusiya barimo batera imbere ku rugamba mu karere ka Kharkiv, mu...
Umuvugizi wa leta ya Kinshasa waraye ageze i Goma mu ijoro ryo kuwa kabiri yasabye abaturage ba Goma “kuza ari benshi bambaye imyenda y’umukara” mu muhango wo gushyingura kuri uyu wa gatatu impunzi...