Abanyeshuri babiri bigaga mu rwunge rw’amashuri rwa Gihinga( Groupe Scolaire Gihinga ya mbere), taliki 17, Gicurasi, 2024 bagiye koga mu Kivu barohama mu kiyaga cya Kivu, umwe avanwamo yapfuye...
Indege yo mu bwoko bwa Kajugujugu yari itwaye Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi, yakoze impanuka ubwo yari mu rugendo rwerekeza muri Azerbaijan aherekejwe n’izindi kajugujugu ebyiri.
Inzego z’iperereza muri Tanzania zatangaje ko Joseph Bundala wari Musenyeri mu itorero ry’aba- méthodiste yiyahuye akoresheje umugozi wa telefone yo mu biro, aho bikekwa ko ari icyemezo yafashe...
Jacob Zuma wahoze ari perezida w’Afurika y’epfo, yahuje imbaga abantu kuri uyu wa gatandatu, yumvikanisha ko azasubira ku butegetsi, n’ubwo kadidatire ye ifite ibibazo imbere y’amategeko.
Umuvugizi w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa lgénéral de brigade Sylvain Ekenge yatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu cyaburijemo ihirika ry’ubutegetsi kandi ko ababigerageje...
Umutwe wa M23 wahaye urw’amenyo Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo gutangaza ko ingabo zayo zawirukanye mu duce twa Vitshumbi na Kibirizi.