skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

MINEDUC yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange

Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’ibisoza icyiciro rusange, mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024, igaragaza ko abakobwa...
27 August 2024 Yasuwe: 6453 0

Inkubiri yo gufunga insengero izasiga izisaga 300 zisenywe burundu

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko mu bikorwa Leta imazemo iminsi yagenzuye insengero 14 094, muri zo izigera kuri 306 ntizizongera gukora kuko zizasenywa.
27 August 2024 Yasuwe: 1341 0

AFC yahakanye itangazo riyitwerera gukorana n’umutwe wa ADF NALU

Ubuyobozi bw’ihuriro ry’imitwe irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa, Alliance Fleuve Congo (AFC) bwahakanye itangazo bwitiriwe rivuga ko bwagiranye amaseserano n’inyeshyamba zifatwa nk’umutwe...
27 August 2024 Yasuwe: 707 0

Ukraine yongeye gusukwaho ibisasu ku nshuro ya kabiri yikurikiranya

Uburusiya bwibasiye Ukraine mu yindi nkubiri y’ibitero, umunsi umwe nyuma yuko buyigabyeho kimwe mu bitero binini cyane byo mu kirere bibayeho muri iyi ntambara.
27 August 2024 Yasuwe: 752 0

Umwana w’imyaka 8 washyinguwe hatamenyekanye icyamwishe birakekwa ko yiyahuye

Kuri uyu wa 26 Kanama 2024 mu ma saa saba z’amanywa, nibwo mu irimbi ry’I Rusororo hashyinguwe umwana w’imyaka 8, Ganza Layan wapfuye urupfu rw’amayobera taliki 18/8/2024
27 August 2024 Yasuwe: 813 0

Ifu y’ibigori iherutse kwivugana imbwa 400 muri Zambia yakumiriwe muri RDC

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), ibinyujije kuri Minisitiri w’Ubucuruzi, Julien Paluku Kahongya, yakumiriye ubwoko umunani bw’ifu y’ibigori yaturukaga mu gihugu cya...
26 August 2024 Yasuwe: 720 0

Rubavu:Abuzukuru ba Shitani birukanwe mu mugi buburiye umutwe mu mirenge y’icyaro

Mu Karere ka Rubavu mu murenge wa Cyanzarwe, hari abaturage barimo gutabaza inzego zibishinzwe basaba ko babakiza insoresore ziyise abuzukuru ba shitani zibazengereje .
26 August 2024 Yasuwe: 929 0

FARDC yihakanye ibirego bya M23 bibashinja kuyivugera

Ubutegetsi Bw’igisirikare (FARDC) bwahakanye ibirego byazamuwe n’umutwe w’inyeshyamba wa m23 bubashinja kubavogerera ikirere.’
26 August 2024 Yasuwe: 712 0

Ibimina bizemererwa gukora ari uko bibanje kwiyanzuza mu murenge bibarizwamo-MINECOFIN

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (Minecofin) yatangaje ko ibimina bigomba gutangira kujya bikora byanditswe ku rwego rw’Umurenge bikoreramo, ibyari bisanzwe bikora bitegekwa kwiyandikisha mu gihe...
26 August 2024 Yasuwe: 1008 0

Dore umusaruro w’Abakinnyi bakina hanze mbere yo kwitaba ubutumire mu mavubi

Mu gihe kuri uyu wa Mbere tariki 26 kanama 2024, ikipe y’Igihugu itangira umwiherero yitegura imikino ibiri yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika kizabera muri Morocco mu 2025, tugiye kurebera...
26 August 2024 Yasuwe: 472 0