Ihuriro FCC rihuza amashyaka ashyigikiye Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagaragaje ko Félix Tshisekedi uri ku butegetsi nta cyerekezo n’ubushobozi afite.
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 30 Kanama 2024 muri Kigali Marriot Hotel, ikigo kitwa United Scholars Center gifasha abanyeshuri kwiga ku mugabane w’u Burayi, Amerika na Asia, cyahuye n’abanyeshuri...
Chairman w’ikipe ya APR FC, Col Richard Karasira ni umwe mu basirikare bakuru (Senior Officers) 170 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024.
Umuganga witwa Alexis Ndakize afungiye muri gereza y’ubutasi ya gisirikare ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa DRC kuva ku Cyumweru tariki ya 25 Kanama 2024.
Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko Maj Gen (Rtd) Martin Nzaramba wirukanwe mu ngabo z’u Rwanda yazize ibyaha bya ruswa ndetse no gukoresha nabi amafaranga yari agenewe kwita ku basirikare.