Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 3 Nzeri 2024 yahuye na Minisitiri w’Intebe wungirije w’u Bushinwa akaba n’umwe mu bagize biro politiki y’ishyaka CPC riyoboye iki gihugu, Ding Xuexiang, bagirana...
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu, Bizimana Djihad yabaye umukinnyi wa nyuma wasanze bagenzi be bitegura gukina na Libya kuri uyu wa Gatatu, gusa yabanje gufungwa amasaha agera kuri ane n’igice azira kuba...
Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 03 Nzeri 2024,Meya w’Umujyi wa Kigali yabwiye abanyamakuru ko Umugi ayoboye uzisubiza ibibanza bigaragara hirya no hino mu mugi bene byo banze kubaka
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 2 Nzeri, uwahoze ari umukandida ku mwanya wa perezida wa Repubulika, Seth Kikuni, yafashwe kandi “afungwa mu buryo butemewe n’amategeko” n’abakozi b’ikigo cy’igihugu...
Perezida Paul Kagame yageze mu Mujyi wa Beijing mu Bushinwa aho yitabiriye Inama y’Ihuriro ku bufatanye hagati y’u Bushinwa na Afurika (FOCAC) iteganyijwe ku wa 4-6 Nzeri 2024.
Mu Karere ka Gasabo, mu Murenge Ndera, abagizi ba nabi bataramenyekana, batwitse inzu ya RUTABAYIRO Francois w’imyaka 71, irashya irakongoka nawe apfiramo.
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yasabye "imbabazi" Abanya-Israel kubera kunanirwa kugarura abashimuswe batandatu basanzwe muri Gaza ku wa gatandatu bapfuye, mu gihe Hamas yaburiye...