Ibitaro bikuru byo mu mujyi wa Eldoret mu burengerazuba bwa Kenya byemeje ko uwahoze ari umukunzi wa Rebecca Cheptegei yapfuye mu ijoro ryo ku wa mbere.
Muri Teritwari ya Masisi hari kubera imirwano ikomeye hagati ya M23 n’abarwanyi ba Wazalendo bafatanyije n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo.
Kuri uyu wa Mbere ushize, Visi Perezida Kamala Harris, yageze i Philadelphia mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Leta ya Pennsylvania mbere y’ikiganirompaka kuri televiziyo n’uwahoze ari Perezida wa...