skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Nyamirambo: Umusore yararanye indaya batandukanye ahita apfa

Amayobera ni yose ku rupfu rwa Ndacyayisenga Valens wakoraga akazi k’ubumotari wapfuye nyuma yo gucyura indaya bakarara barwana ariko bamara gutandukana yanasubiye mu kazi akaza gushiramo umwuka.
11 September 2024 Yasuwe: 1979 0

Ikiganiro Mpaka Cya Mbere Gihuje Harris na Trump

Abakandida prezida Kamala Harris w’Umudemokrate na Donald Trump w’Umurepubulikani bahuriye mu kiganiro mpaka aho buri wese yagerageje kugaragariza abanyamerika icyo bazabakorera baramutse batowe.
11 September 2024 Yasuwe: 902 0

Urukiko Rwibanze rwa Kiyumba rwanzuye ko Musonera wari ugiye kuba Umudepite afungwa by’Agateganyo

Musonera Germain yakatiwe gufungwa iminsi mirongo itatu y’agateganyo ku byaha bya Jenoside akekwaho.
10 September 2024 Yasuwe: 1169 0

Rebecca Cheptegei: Uwari umukunzi we wamwishe amutwitse na lisansi na we yapfuye

Ibitaro bikuru byo mu mujyi wa Eldoret mu burengerazuba bwa Kenya byemeje ko uwahoze ari umukunzi wa Rebecca Cheptegei yapfuye mu ijoro ryo ku wa mbere.
10 September 2024 Yasuwe: 1481 0

Masisi: Haravugwa imirwano ikaze hagati y’inyeshyamba za M23 Na Wazalendo

Muri Teritwari ya Masisi hari kubera imirwano ikomeye hagati ya M23 n’abarwanyi ba Wazalendo bafatanyije n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo.
10 September 2024 Yasuwe: 830 0

Kamala Harris na Donald Trump mu kiganirompaka giherutse kwirukanisha Biden

Kuri uyu wa Mbere ushize, Visi Perezida Kamala Harris, yageze i Philadelphia mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Leta ya Pennsylvania mbere y’ikiganirompaka kuri televiziyo n’uwahoze ari Perezida wa...
10 September 2024 Yasuwe: 734 0

Impuruza ku baturage bari kugura Amazi y’igitangaza ahakeneye imiti ikwiye

Ikigo cya Nigeria gishinzwe kwemeza imiti (NAFDAC) cyaburiye abantu kutagura ibicuruzwa by’"igitangaza" bikorwa n’itorero rya gikristu ry’umuvugabutumwa ubwiriza no kuri televiziyo, Jeremiah Fufeyin.
10 September 2024 Yasuwe: 727 0

DR Congo – Rwanda: Muyaya yavuze ’ingingo ebyiri’ zirimo kuganirwaho i Luanda

Minisitiri w’itumanaho wa DR Congo Patrick Muyaya yatangaje ingingo ebyiri igihugu cye n’u Rwanda birimo kuganiraho mu biganiro by’i Luanda muri Angola bigamije gushaka amahoro mu burasiraziba bwa...
10 September 2024 Yasuwe: 1765 0

Ubukungu bw’u Rwanda buzamukaho nibura 9,3% buri mwaka kuva 2024-2029

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu myaka itanu iri imbere ubukungu bw’u Rwanda nibura buzajya buzamukaho 9,3% buri mwaka.
9 September 2024 Yasuwe: 518 0

Zabyaye amahari hagati ya FARDC ‘umutwe bitabaje basumbirijwe Wazalendo

Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’imitwe yitwaje intwaro yibumbiye mu ihuriro VDP (Les Volontaires pour la Défense de la...
9 September 2024 Yasuwe: 1333 0