skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Hamenyekanye ibyo FDLR na FLN bamaze iminsi baganira n’Igisirikare cya Ndayishimiye

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aremeza ko abahagarariye imitwe ya FDLR na FLN yombi irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bamaze icyumweru kirenga bagirana ibiganiro n’Igisirikare cy’u Burundi...
13 September 2024 Yasuwe: 3142 0

Inkomoko y’umuco w’ibiganiro mpaka bihuza Abakandida Perezi muri America

Ibiganiro-mpaka kuri televiziyo ku bakandida perezida bihera mu 1960, ubwo John F Kennedy yahatanagana na Richard Nixon.
13 September 2024 Yasuwe: 320 0

Impamvu Trump yanze ikindi kiganiro-mpaka kimuhunza imbona nkubone na Harris

Donald Trump yavuze ko nta kindi kiganiro mpaka yagirana na mukeba we Kamala Harris mbere y’amatora ya perezida yo mu Ugushyingo(11).
13 September 2024 Yasuwe: 818 0

RDB yahawe umuyobozi Mukuru Wungirije wasimbuye Nelly Mukazayire wahawe Minispoc

Perezida Paul Kagame yagize Juliana Kangeli Muganza Umuyobozi Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB).
12 September 2024 Yasuwe: 1311 0

RDC: Ubwicanyi buherutse kubera muri Gereza ya Makala bwari bwarahururijwe

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hakomeje kwibazwa ibibazo bijyanye n’ibyabereye muri Gereza Nkuru ya Makala.
12 September 2024 Yasuwe: 705 0

Umuraperi P. Diddy yongeye kuburirwaho dosiye y’ibyaha by’ihohotera

Umuraperi w’Umunyamerika, Sean Combs Diddy wamenyekanye nka P. Diddy, yongeye kuregwa ibirego bishya bijyanye no guhohotera no gukorera ibya mfura mbi abagore.
12 September 2024 Yasuwe: 346 0

Gasabo: Ka‘Manyinya’ kamukururiye kwihekura

Umugabo wo mu Karere ka Gasabo aravugwaho kwiyicira umuhungu we w’imfura amukubise umuhini, bigakekwa ko yabitewe n’ubusinzi.
12 September 2024 Yasuwe: 945 0

RDC: Dore ibimenyetso bica amarenga ko M23 iteganya kwigarurira Goma vuba

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu waciye amarenga y’uko waba wifuza gufata Umujyi wa Goma, mu rwego rwo guhagarika ubwicanyi bumaze igihe buwurangwamo.
11 September 2024 Yasuwe: 3018 0

Aya mategeko uko ari 6 y’urukundo uwayishe nti bimuhungabanya na busa

Ni kenshi sosiyete tubamo itubwira cyangwa itwereka amategeko agenga urukundo, gusa abantu benshi ntibazi ko hari amwe muri ayo mategeko wakwica kugira ngo urukundo rwanyu rurambe.
11 September 2024 Yasuwe: 1154 0

NISR yavuze ko ibiciro byiyongereyeho 5% muri Kanama 2024

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko ibiciro ku masoko muri Kanama 2024 byiyongereyeho 5% ugereranyije na Kanama 2023.
11 September 2024 Yasuwe: 224 0