skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Luanda: U Rwanda na Congo mu bindi biganiro by’umutekano ku nshuro ya 4

Leta y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu zahuriye mu bindi biganiro by’inyabutatu bigamije gukemura ibibazo bya Politiki bimaze igihe hagati y’ibihugu...
14 September 2024 Yasuwe: 601 0

Joseph Kabila bitazwi neza aho ari biravuwa ko yakiriwe mu Bubiligi

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu yaba aherutse kwakirwa i Bruxelles mu Bubiligi.
14 September 2024 Yasuwe: 1034 0

Uganda: UPDF yatakaje ba Jenerali 2 baguye mu mpanuka

Brig Gen (Rtd) Frank Katende Kyambadde na Brig Gen Fred Twinamasiko bombi bo mu ngabo za Uganda (UPDF), bapfuye bazize impanuka y’imodoka.
14 September 2024 Yasuwe: 2378 0

Papa Francis yise amaburakindi gutora Trump na Kamala Harris

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, ahamya ko nta mwiza uri hagati y’abakandida bashaka kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na Kamala Harris.
14 September 2024 Yasuwe: 821 0

RD Congo: Abanyamerika n’Umwongereza bari muri 37 bakatiwe igihano cy’urupfu

Abantu 37 – barimo Abanyamerika batatu, Umwongereza, Umubiligi n’Umunya-Canada – bakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yuko urukiko rubahamije kugerageza guhirika perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya...
14 September 2024 Yasuwe: 499 0

Uburusiya: Amakuru Aravuga Ko Putin Afite Abahungu 2 Yabyaranye N’ihabara Rwihishwa

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya byatahuwe ko afite abana babiri b’abahungu yabyaye rwihishwa, nk’uko biheruka gutangazwa n’ikinyamakuru The Dossier Center gikora inkuru zicukumbuye.
13 September 2024 Yasuwe: 1284 0

Zambia: Perezida Hichilema yakuyeho umugaba w’ingabo we bitungurranye

Kuri uyu wa Kane, Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, yirukanye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu, amusimbuza uwari umwungirije nk’uko iyi nkuru dukesha Ibiro Ntaramakuru bya Turkiya, Anadolu...
13 September 2024 Yasuwe: 622 0

Menya ibya couple yashyingiriwe mu irimbi ku munsi benshi bita uw’umwaku

‘Couple’ yashyingiriwe mu irimbi ku itariki bamwe bemera ko ari iy’umwaku kurusha ayandi matariki y’umwaka, ivuga ko uwo munsi “wari ntamakemwa”.
13 September 2024 Yasuwe: 857 0

Ukwiye kwirinda izi ndwara 10 zihitana abantu benshi ku Isi buri mwaka

Ntabwo indwara zose zifite ubukana bungana, zimwe zirakarishye, izindi ziroroheje. Ndetse zimwe muri zo zugarije Isi ku buryo buri mwaka zihitana ama miliyoni y’abantu.
13 September 2024 Yasuwe: 1060 0

M23 iraburira intambara yeruye Nyuma y’imirwano “ikomeye cyane” yo ku wa kane

Imirwano yumvikanye “hafi umunsi wose” ku wa kane mu gace kegereye umujyi wa Goma hagati y’umutwe wa M23 n’uruhande rw’ingabo za leta, imirwano abo muri ako gace bavuga ko yari ikomeye ku buryo...
13 September 2024 Yasuwe: 2699 0