Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu yaba aherutse kwakirwa i Bruxelles mu Bubiligi.
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, ahamya ko nta mwiza uri hagati y’abakandida bashaka kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na Kamala Harris.
Imirwano yumvikanye “hafi umunsi wose” ku wa kane mu gace kegereye umujyi wa Goma hagati y’umutwe wa M23 n’uruhande rw’ingabo za leta, imirwano abo muri ako gace bavuga ko yari ikomeye ku buryo...