Umugabo wo mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gufatwa yiyita umukozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu (REG) akaka ruswa abaturage.
Mu gihe Isiraheli ifite gahunda yo kugarura abakuwe mu byabo baherereye mu majyaruguru kubera ibitero bya Hezbollah, umutwe wa Hamas wo muri Palesitina na wo watangaje ko ukomeza kurwana inkundura.
Umuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga neza, Zari Hassan aherutse kugaragaza itandukaniro ry’abahoze ari abagabo be Ivan Ssemwaga na Diamond Platinumz, agendeye ku buryo...
Urwego rw’Amerika rushinzwe gucunga umutekano w’abategetsi bo hejuru n’abahoze ari abategetsi bo hejuru ruvuga ko ruzi ubutumwa Elon Musk yatangaje ku rubuga nkoranyambaga, aho yavugaga ko "nta...