skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Abapolisi b’u Rwanda 160 bari mu butumwa bambitswe imidali y’ishimwe

Umuryango w’Abibumbye (UN), ejo ku wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, wambitse imidali y’ishimwe ry’akazi, abapolisi b’u Rwanda 160 bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS).
21 September 2024 Yasuwe: 581 0

Abasirikari Bayobora Intara za Kivu na Ituri Barasabirwa Kuvanwaho

Abadepite bahagarariye intara zo mu burasirazuba mu nteko nshingamategeko muri Repubulika ya demukarasi ya Kongo basabye ko ubuyobozi bwa gisirikare burangije imyaka itatu buriho buvaho.
21 September 2024 Yasuwe: 371 0

Zimbabwe igiye kugaburira abaturage bayo Inzovu 200 kubera inzara ibugarije

Leta ya Zimbabwe yafashe icyemezo cyo kubaga inzovu 200 zikagaburirwa abaturage bugarijwe na Bwaki kubera amapfa
21 September 2024 Yasuwe: 401 0

Umubare w’impunzi z’Abarundi mu Rwanda wariyongereye

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi, UNCHR, ryagaragaje ko impunzi z’Abarundi ziba mu Rwanda ziyongereyeho 635 mu mezi umunani y’umwaka wa 2024.
21 September 2024 Yasuwe: 762 0

RDC: MONUSCO yashishikarijwe gufatanya byeruye na SAMDRC

Umunyamabanga Mukuru Wungirije w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro Jean-Pierre Lacroix, akomeje uruzinduko rwe mri RDC
20 September 2024 Yasuwe: 917 0

Byarangiye Hezbollah yihoreye kuri Israel iyisukaho ibisasu bya missile 140

Hezbollah yarashe ibisasu bya roketi muri Israel uyu mutwe uvuga ko byibasiye ibirindiro by’Ingabo za Isirael (IDF). IDF ivuga ko misile 140 zarashwe muri Israel.
20 September 2024 Yasuwe: 2868 0

Perezida Kagame yaganiriye na Lourenço wanoherereje Tshisekedi ubutumwa bwanditse

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 19 Nzeri 2024 yaganiriye ku murongo wa telefone na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, ku biganiro bya Luanda bigamije kugarura umwuka mwiza hagati y’u Rwanda na...
20 September 2024 Yasuwe: 1196 0

Umuherwe Elon Musk yatangiye gukurikiranwa kubera urwenya yateye kuri Perezida Biden

Urwego Rushinzwe kurinda Abayobozi bakuru muri Amerika (Secret Service) rwatangaje ko hari gukorwa iperereza ku byo umuherwe Elon Musk yanditse ku rubuga rwe rwa X, yibaza impamvu nta muntu wari...
20 September 2024 Yasuwe: 584 0

RDC:Wazalendo mu ngamba nshya yiteze ko zizayifasha gutsinda M23

Abarwanyi bo mu mitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bibumbiye mu kiswe ’Wazalendo’ bemeranyije bashyira umukono ku masezerano y’amahoro no...
20 September 2024 Yasuwe: 706 0

RDC: Umudepite wo mu burasirazuba yabwiye inteko ko Barambiwe ibihe bidasanzwe

Umudepite Iracan Gratien de Saint-Nicolas uhagarariye intara ya Ituri mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye icyemezo cyo kugumishaho ibihe bidasanzwe mu...
20 September 2024 Yasuwe: 405 0