Abadepite bahagarariye intara zo mu burasirazuba mu nteko nshingamategeko muri Repubulika ya demukarasi ya Kongo basabye ko ubuyobozi bwa gisirikare burangije imyaka itatu buriho buvaho.
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi, UNCHR, ryagaragaje ko impunzi z’Abarundi ziba mu Rwanda ziyongereyeho 635 mu mezi umunani y’umwaka wa 2024.
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 19 Nzeri 2024 yaganiriye ku murongo wa telefone na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, ku biganiro bya Luanda bigamije kugarura umwuka mwiza hagati y’u Rwanda na...
Urwego Rushinzwe kurinda Abayobozi bakuru muri Amerika (Secret Service) rwatangaje ko hari gukorwa iperereza ku byo umuherwe Elon Musk yanditse ku rubuga rwe rwa X, yibaza impamvu nta muntu wari...
Abarwanyi bo mu mitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bibumbiye mu kiswe ’Wazalendo’ bemeranyije bashyira umukono ku masezerano y’amahoro no...