skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

DR Congo – Rwanda: João Lourenço yoherereje ubutumwa Tshisekedi

Perezida João Lourenço wa Angola uri guhuza u Rwanda na DR Congo mu biganiro bigamije gushaka amahoro mu karere, yoherereje ubutumwa mugenzi we wa DR Congo Félix Tshisekedi, ubutumwa yashyikirijwe...
20 September 2024 Yasuwe: 482 0

Hezbollah yahize kwihorera nyuma y’igitero cya 2 yagabweho kigahitana benshi

Ibintu bikomeje kujya habi mu Burasirazuba bwo Hagati nyuma y’uko umutwe wa Hezbollah utangaje ko ugomba kwihorera ku bitero uherutse kugabwaho n’Ingabo za Israel, byishe abarwanyi bawo bagera kuri...
20 September 2024 Yasuwe: 470 0

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagaragaje ko gutumbagira kw’igiciro

cy’isukari muri iki gihugu kwatewe n’amanyanga yakozwe n’ubuyobozi bwa sosiyete ishinzwe guteza imbere umusaruro wayo, SOSUMO.
20 September 2024 Yasuwe: 513 0

Umugabo afunzwe azira guhamagara umugore we inshuro zirenga 100 ku munsi

Mu Buyapani, umugabo w’imyaka 38 y’amavuko yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano, kubera guhamagara umugore kuri telefoni inshuro zirenga 100 ku munsi yiyoberanyije, kandi no mu gihe amwitabye...
20 September 2024 Yasuwe: 505 0

Sudani: Impande zihanganye ziyemeje kugana inzira yo guhagarika intambara

General Abdel Fattah al-Burhan, uyoboye Leta y’inzibacyuho muri Sudani yatangaje ko yiteguye gusahaka ibisubizo byose ku cyemezo cyo guhagarika imirwano ihuje ingabo za Leta ayoboye n’umutwe wa...
20 September 2024 Yasuwe: 208 0

U Rwanda rwatangiye gukingira Mpox

Minisiteri y’ubuzima kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri 2024, yatangaje ko Abanyarwanda bagiye gutangira guhabwa urukingo rw’ubushita bw’inkende mu rwego rwo gukumira ubushita bw’inkende.
20 September 2024 Yasuwe: 336 0

Nyamasheke: Abanyeshuli 2 bivugwa ko baguye mu mpanuka y’Imodoka yari ibavanye ku ishuri

Ahitwa Ntendezi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke habereye impanuka ya bisi yari itwaye abana igwa mu mugezi wa Cyongoroka.
19 September 2024 Yasuwe: 1239 0

Ihenda ry’ibirayi ryageze no ku isoko yabyo aho ikilo kiri kugura 800 FRW

Hirya no hino mu masoko yo mu Karere ka Musanze, haragaragara impinduka ku giciro cy’ibirayi, aho byazamutse mu buryo butunguranye ikilo kigera ku mafaranga 800, aho bikomeje kwibazwaho na benshi...
19 September 2024 Yasuwe: 832 0

Mukabalisa wayoboye Umutwe w’Abadepite muri manda ishize yatorewe kuba Umusenateri

Mukabalisa Donatille wayoboye Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa 19 Nzeri 2024 yatorewe kuba Umusenateri uhagarariye ihuriro ry’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda.
19 September 2024 Yasuwe: 1202 0

Perezida Kagame yabwiye amahanga uko u Rwanda rwiyubatse nyuma ya jenocide yakorewe abatutsi

Perezida Paul Kagame uri muri Singapore, yavuze ko u Rwanda rwanyuze mu mateka ashaririye ya Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko ko nyuma yayo,rwayasize inyuma rugashaka uburyo rwongera kwiyubaka...
19 September 2024 Yasuwe: 399 0